Rwanda na Mozambique Bunze Imbaraga mu Bufatanye Bw’Abagize Inteko Ishinga Amategeko

Speaker Kazarwa Gertrude hamwe na Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Mozambique, H.E. Margarida Adamugi Talapa, bagiranye ibiganiro byimbitse kuri uyu wa mbere mu Ngoro y’Inteko ya Mozambique, bigamije gushimangira umubano w’ibihugu byombi no kwagura inzira z’ubufatanye mu nzego zitandukanye. Mu kiganiro cye, Speaker Kazarwa yashimangiye ko uru ruzinduko rugamije kurushaho kubaka ubushuti bw’ibihugu byombi, binyuze…

Soma inkuru yose

Ingabo z’u Rwanda Zagarutse mu Gihugu Nyuma y’Umwaka w’Ubutwari muri Mozambique

KIGALI – Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Inkeragutabara mu Rwanda (RDF Reserve Force), Maj. Gen. Alexis Kagame, hamwe n’Umugenzuzi Mukuru Wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa (Operations), CP Vincent B. Sano, bakiriye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali itsinda ry’Ingabo z’u Rwanda ryari rimaze umwaka rikorera mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique babungabunga amahoro. Iri…

Soma inkuru yose

Maj Gen Vincent Gatama asimbuye Maj Gen Emmy Ruvusha mu buyobozi bw’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda muri Cabo Delgado

Cabo Delgado, 10 Ukwakira 2025 – Mu muhango wabereye ku cyicaro gikuru cy’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda muri Mozambique, giherereye mu Karere ka Mocímboa da Praia, habaye guhererekanya ubuyobozi hagati ya Maj Gen Emmy K. Ruvusha na Maj Gen Vincent Gatama. Maj Gen Ruvusha, wari umaze umwaka ayobora ibikorwa by’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda muri Cabo Delgado,…

Soma inkuru yose