RSSB Tigers igiye gusangira ibyishimo by’igikombe cya BAL n’Abanyarwanda.

Ikipe ya RSSB Tigers ikomeje kwandikisha amateka muri Basketball nyarwanda nyuma yo kwegukana igikombe cya Basketball Africa League (BAL) 2026, iba ikipe ya mbere yo mu Rwanda ibashije kugera kuri uwo musaruro. Mu rwego rwo gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo ndetse n’Abanyarwanda muri rusange, iyi kipe yatangaje ko ku wa Gatandatu izakora urugendo rwo kumurika iki…

Soma inkuru yose

Afurika Yabonye Umwami Mushya! RSSB Tigers yanditse amateka yegukana BAL 2026 bwa mbere

Mu ijoro ryuzuyemo amarangamutima, ibyishimo n’amateka atazibagirana, RSSB Tigers yegukanye igikombe cya Basketball Africa League (BAL) 2026 nyuma yo gutsinda Petro de Luanda amanota 90 kuri 88 ku mukino wa nyuma wabereye muri BK Arena i Kigali. Ni intsinzi yahinduye amateka ya basketball nyarwanda, ihita yandika izina rya RSSB Tigers mu makipe akomeye Afurika imaze…

Soma inkuru yose

FERWAFA yahagaritse abakozi babiri b’umupira w’amaguru nyuma y’inkuru yavuzweho cyane kuri Gorilla FC

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko ryahagaritse by’agateganyo abakozi 2 b’umupira w’amaguru nyuma y’ibikorwa byabaye mbere y’imikino itandukanye ya shampiyona n’Igikombe cy’Amahoro. Mu itangazo FERWAFA yashyize hanze kuri uyu wa 24 Mata 2026, yavuze ko hashingiwe ku ngingo z’amategeko agenga imyitwarire mu mupira w’amaguru, hafashwe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo Bwana Olivier Ndatimana ushinzwe…

Soma inkuru yose

U RWANDA MUMAHIRWE AKOMEYE RUGIYE KWAKIRA CAVB Men’s Club Championship 2026

None kuwa 21 mata 2026, Mu nyubako ya BK Arena habereye ikiganiro n’itangazamakuru cyagarutse ku myiteguro ya Shampiyona Nyafurika y’Amakipe y’Abagabo muri Volleyball izwi nka CAVB Men’s Club Championship 2026, iteganyijwe kubera mu Rwanda kuva tariki ya 22 Mata kugeza ku wa 3 Gicurasi 2026. Iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro ya 47, rikaba ritegerejweho…

Soma inkuru yose

Harakurikiraho iki nyuma yo kwihanangirizwa kuri bimwe mubitangazaakuru bya sport?

Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura , (Rwanda Media Commission – RMC) rwatangaje ko rwihanangirije mu nyandiko ibitangazamakuru bya SKFM ndetse na Isibo TV & Radio, rubisaba gukosora imyitwarire idahuye n’amahame agenga umwuga w’itangazamakuru, by’umwihariko mu biganiro bya siporo. Uku kwihanangirizwa bije bikurikira ibiganiro bitandukanye RMC yari imaze igirana n’abanyamakuru bakorera ibyo bitangazamakuru hamwe n’abayobozi babyo, rigamije kubibutsa…

Soma inkuru yose

🏆 Imikino yahuje APR FC na Rayon sport muri super cup

Super Cup ni igikombe gikomeye kuruta ibindi mu Rwanda, ihuza ikipe yegukanye shampiyona n’iyatwaye Igikombe cy’Amahoro, cyangwa se ikipe yihariye ibikombe byose muri season ishize. Igakina Niyayiguye muntege Uyu mukino uba ari ikimenyetso cy’uko umwaka mushya w’umupira w’amaguru utangiye, ukaba n’igihe cyo gupima imbaraga z’amakipe akomeye kurusha ayandi. Mu Rwanda, nta yindi Super Cup ikurura…

Soma inkuru yose

AL MERRIKH SC YATSINZE MARINE FC: DAOUDA BA ABAHESHA IBYISHIMO

Marine FC yo mu Rwanda ntiyabashije kwitwara neza mu rugendo rwayo rwa Rwanda premier league nyuma yo gutsindirwa na Al Merrikh SC igitego 1-0, mu mukino waberaga muri stade Pele stadium i nyamirambo. Ni umukino wari ukomeye cyane, wahuzaga amakipe yombi yaharaniraga kuzamuka kurutonde rwa championa. Igitego kime rukumbi nicyo cyabonetse mu mukino cyatsinzwe ku…

Soma inkuru yose

Al Ahly, ES Tunis, Zamalek… bose i Kigali! U Rwanda rugiye kwakira irushanwa rikomeye rya Volleyball

Kigali yongeye kwerekana ko ari umujyi wiyubatse kandi ushobora kwakira amarushanwa akomeye ku mugabane, nyuma y’uko Ishyirahamwe rya Volleyball mu Rwanda (FRVB) ku bufatanye n’Ishyirahamwe rya Volleyball rya Afurika (CAVB) ritangaje ko Africa Men’s Club Championship 2026 izabera mu Rwanda kuva tariki ya 20 Mata kugeza ku ya 3 Gicurasi 2026. Ni inkuru yanejeje abakunzi…

Soma inkuru yose

EACC yatangirijwemo ku mugaragaro imikino ya Kaminuza n’Amashuri Makuru 2025–2026

Kuri uyu munsi , muri East African Christian College (EACC) habereye umuhango wo gutangiza ku mugaragaro imikino ihuza za kaminuza n’amashuri makuru mu Rwanda, ahazwi nka Varsity League 2025–2026. Ni igikorwa cyahurije hamwe abahagarariye inzego zitandukanye z’igihugu, cyaherekejwe n’ubusabane, ishyaka ndetse n’icyizere cyo guteza imbere siporo n’uburezi binyuze mu mikino. Uyu muhango witabiriwe ku rwego…

Soma inkuru yose