Les Léopards yageze muri Amerika mu mwambaro wihariye, yitegura guhangana na Portugal ya Cristiano Ronaldo.
Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), izwi nka Les Léopards, yamaze kugera mu mujyi wa Houston muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho izakinira imikino yayo ibiri ya mbere mu Gikombe cy’Isi cya 2026. Abakinnyi b’iyi kipe bayobowe na kapiteni Chancel Mbemba bakiriwe n’abafana n’abakunzi ba ruhago bari bategereje kubabona, ariko icyakurikiwe…

