Abagura amatelefone yakoreshejwe ya second hand baratabaza nyuma yo guhura n’ubwambuzi n’uburiganya
Bamwe mu baturage bagura amatelefone bita “occasion” bakomeje gutabaza nyuma yo kugura ibyo bikoresho bigapfa mu gihe gito cyangwa bakaza kwitaba inzego z’umutekano bashinjwa ko baguze ibijurano. Ibi bibazo byongeye kugaragara mu gihe ubuyobozi bushishikariza abaturage kugurira ibikoresho by’ikoranabuhanga mu bacuruzi bemewe cyangwa mu makoperative yanditse . Abenshi muri abo baguzi bavuga ko bagorwa no…

