Bruce Melodie na The Ben bagiye guhurira mu bitaramo bizenguruka igihugu.

Abahanzi Bruce Melodie na The Ben bakomeje kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza ibitaramo bizenguruka igihugu byiswe Summer Country Tour 2026. Ni igikorwa cyitezweho guhuza abafana babo bo mu turere dutandukanye tw’u Rwanda. Ibi bitaramo bizatangirira mu Karere ka Musanze mbere yo gukomereza mu zindi ntara. Abakunzi b’umuziki bavuga ko ari ubwa mbere aba bahanzi bombi…

Soma inkuru yose