Kicukiro: Polisi yafashe itsinda ry’abajura ryari rimaze iminsi rihangayikishije abaturage ba Masaka

Mu gitondo cyo ku wa 8 Ukwakira 2025, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kicukiro ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano yakoze operasiyo yihariye mu Murenge wa Masaka, Akagari ka Rusheshe, Umudugudu wa Kanyetabi, ihafatira abagabo bane bari bamaze igihe bashakishwa kubera ibikorwa by’ubujura bikomeje guhangayikisha abaturage. Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano avuga ko aba bagabo…

Soma inkuru yose

Emma Claudine: “Siporo ni ubuzima” — Kigali yizihije Car Free Day mu birori by’amagare n’imyitozo

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 5 Ukwakira 2025, mu mujyi wa Kigali habaye Sporo Rusange (Car Free Day) yitabiriwe n’abaturage benshi baturutse mu bice bitandukanye by’umujyi. Ni gahunda yabereye mu mwuka w’ibyishimo, ubusabane n’ubuzima buzira umuze, aho imihanda ya Kigali yongeye kuba iy’abanyamaguru n’abakora siporo zitandukanye. Iyi sporo rusange y’uyu munsi yibanze cyane ku mukino…

Soma inkuru yose