Ijoro niryo ryabo: Kamonyi Ibyo Howo yakoze birenze impanuka

Abatuye mu Karere ka Kamonyi barasaba inzego zibishinzwe Rwandapolice PrimatureRwanda ,RwandaLocalGov, RwandaSouth gushyiraho amabwiriza ahamye agenga ikoreshwa ryumuhanda kumakamyo manini ya Howo, nyuma hari ikamyo yakoze impanuka iteye ubwoba mu masaha y’iva kwishuri ry’abanyeshuri ikabaribata. Ni mu gihe abaturage bavuga ko aya makamyo akora cyane mugihe haba hari urujya n’uruza rw’abantu benshi barimo abanyeshuri, abacuruzi…

Soma inkuru yose

Impanuka yabereye mu Murenge wa Gacurabwenge yahungabanyije urujya n’uruza rw’imodoka mu muhanda Kigali–Muhanga

Kuri uyu wa 13 Ukwakira 2025, mu Murenge wa Gacurabwenge, mu Karere ka Kamonyi, habereye impanuka y’imodoka hafi y’Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi, ihungabanya cyane urujya n’uruza rw’ibinyabiziga mu muhanda munini uhuza Kigali na Muhanga. Amakuru aturuka kuri police y,Igihugu ahabereye impanuka avuga ko imodoka ebyiri zagonze zituranye , bituma police iba ifunze umuhanda byagateganyo…

Soma inkuru yose