THE BEN NA BRUCE MELODIE BANDITSE AMATEKA MASHYA MU MYIDAGADURO NYARWANDA BINYUZE MU KIGANIRO CYABEREYE MURI KIGALI CAR FREE ZONE

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Ukuboza 2025, mu mbuga ngari z’Umujyi wa Kigali zizwi nka Kigali Car Free Zone hatangiriye urugendo rushya rwo kwandika amateka akomeye mu myidagaduro nyarwanda, binyuze mu kiganiro n’itangazamakuru cyahuje abahanzi bakomeye The Ben na Bruce Melodie.Guhera ahagana saa sayine za mu gitondo (10:00 AM), abanyamakuru b’ibitangazamakuru bitandukanye, abakora…

Soma inkuru yose

ABAHANZI NYARWANDA BARI GUHIRWA NUKWEZI KWA 11 KUBERA IBITARAMO

Ukwezi kwa 11 kwa 2025 kuzaba igihe cy’intsinzi n’ibyishimo ku bahanzi nyarwanda batandukanye, aho ibikorwa byabo by’ubuhanzi n’ubusabane byongeye kwerekana ko umuziki nyarwanda uri ku rugero rwo hejuru kandi ugenda utera imbere umunsi ku wundi.Mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 3 Ugushyingo 2025, umuramyi Richard Nick Ngendahayo yageze i Kigali nyuma y’imyaka 17 ataratera…

Soma inkuru yose