Byari bitangaje! Ubukwe bwa NIYO BOSCO na MUKAMISHA IRENE Buri kuvugisha Benshi

Byari ibyishimo n’amarangamutima menshi mu bukwe bwa Niyo Bosco na Mukamisha Irene bwabereye i Kigali Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama 2026, mu busitani bwa Kaleb Garden mu Mujyi wa Kigali, habereye ubukwe bw’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Niyokwizerwa Bosco uzwi nka Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene, mu muhango witabiriwe…

Soma inkuru yose

ABAHANZI NYARWANDA BARI GUHIRWA NUKWEZI KWA 11 KUBERA IBITARAMO

Ukwezi kwa 11 kwa 2025 kuzaba igihe cy’intsinzi n’ibyishimo ku bahanzi nyarwanda batandukanye, aho ibikorwa byabo by’ubuhanzi n’ubusabane byongeye kwerekana ko umuziki nyarwanda uri ku rugero rwo hejuru kandi ugenda utera imbere umunsi ku wundi.Mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 3 Ugushyingo 2025, umuramyi Richard Nick Ngendahayo yageze i Kigali nyuma y’imyaka 17 ataratera…

Soma inkuru yose