Urwenya rwahujwe n’umuziki maze amata abyara amavuta mu gitaramo cya GEN Z COMEDY SHOW

Ku wa Kane, tariki ya 26.02.2026, ijoro ryaryoheye abitabiriye igitaramo cya GEN Z COMEDY SHOW (Iseka Rusange) kibera muri CAMP KIGALI.Ni igitaramo cyahuje urwenya n’umuziki, maze amata abyara amavuta, kirangwa n’akanyamuneza kenshi katewe n’uko abitabiriye babonye abahanzi bari bakumbuye. Saa moya z’ijoro (7:00 PM) zuzuye, ihema risanzwe riberamo iki gitaramo ryari rimaze kuzura, ndetse n’abantu…

Soma inkuru yose

Col Désiré Migambi yibukije urubyiruko agaciro ko gukunda igihugu mu gitaramo GEN Z Comedy Show

Mu ijoro ryo kuri uyu wa kane, i Camp Kigali habereye igitaramo GEN Z Comedy Show, aho urubyiruko rwari rwitabiriye rwasangijwe ubutumwa bwubaka igihugu n’Umuyobozi ushinzwe imikoranire hagati y’ingabo n’abasivili mu Gisirikare cy’u Rwanda (RDF), Col Désiré Migambi Mungamba. Mu kiganiro cyatambukanye ubutumwa bwimbitse, Col Migambi yagarutse ku gaciro k’urukundo rw’igihugu ndetse n’uko ari inkingi…

Soma inkuru yose