Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yaganiriye n’Ambasaderi w’u Bufaransa mumushinga ukomeye hagati y’ibihugu byombi

Muruyu mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu taliki 22 ukwakira2025, Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye ikaze mu biro bye Madamu Aurélie Royet-Gounin, Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda, kugirango baganire ibiganiro bigamije gukurura no gushimangira umubano n’ubufatanye hagati y’u Rwanda n’u Bufaransa mu nzego zitandukanye . Ibiganiro byabo byavuze cyane cyane ku gushimangira amahirwe ari mu…

Soma inkuru yose

U Rwanda rwiteguye kwakira inama ya 46 ya Francophonie igiye kwibanda ku ruhare rw’abagore nyuma y’imyaka 30 ya Beijing

U Rwanda Vubaha Rurakira inama ya 46 izahuriza hamwe Abaminisitiri bo mu Muryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (Francophonie), izwi nka #CMF46, muri Kigali kuva ku itariki ya 19 kugeza ku ya 20 Ugushyingo 2025. Iyi nama izaba ifite insanganyamatsiko igira iti “Imyaka 30 nyuma ya Beijing; uruhare rw’abagore nabakobwa muri Francophonie”, aho izibanda ku gusuzuma aho…

Soma inkuru yose