Kigali: Umujyi w’Isuku n’Iterambere Rigaragaza Isura Nshya ya Afurika

Kigali, umurwa mukuru w’u Rwanda, imaze kumenyekana ku isi yose nk’umujyi w’isuku, Umutekano n’iterambere. Ariko icyo benshi batamenya ni uko Kigali itarangwa gusa n’isuku iboneka ku maso, ahubwo inahagarariye isura nshya y’imibereho myiza yabayituye, ikoranabuhanga n’imiyoborere igezweho muri Afurika. Iyo ugeze muri Kigali, uba winjiye mu mujyi utuje ariko ugezweho, aho buri kantu kose gafite…

Soma inkuru yose

Emma Claudine: “Siporo ni ubuzima” — Kigali yizihije Car Free Day mu birori by’amagare n’imyitozo

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 5 Ukwakira 2025, mu mujyi wa Kigali habaye Sporo Rusange (Car Free Day) yitabiriwe n’abaturage benshi baturutse mu bice bitandukanye by’umujyi. Ni gahunda yabereye mu mwuka w’ibyishimo, ubusabane n’ubuzima buzira umuze, aho imihanda ya Kigali yongeye kuba iy’abanyamaguru n’abakora siporo zitandukanye. Iyi sporo rusange y’uyu munsi yibanze cyane ku mukino…

Soma inkuru yose