Trump yongeye gukurura impaka muri Amerika: Uwo yahaye kuyobora ubutasi ntiyari ategerejwe n’abatari bake.
Mu gihe isi ikomeje gukurikirana ibibera muri politiki ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Perezida Donald Trump yongeye kuba ku isonga ry’amakuru nyuma yo gushyira Bill Pulte ku mwanya w’agateganyo wo kuyobora urwego rushinzwe guhuza ibikorwa by’ubutasi bwa Amerika. Ni icyemezo cyahise gikurura impaka zikomeye muri Washington ndetse gitangira kuvugwa cyane mu bitangazamakuru byo muri…

