Abarundi basaga115 Bavuye mu Rwanda Barambika Inkoni y’Urugendo muri Nemba

Ku wa kabiri mu gitondo, abasaga 115 b’impunzi z’abarundi bahagurutse mu Rwanda basubira mu gihugu cyabo, mu gikorwa cyo kwakira no gusubiza impunzi mu buryo bw’ubwumvikane hagati y’u Rwanda n’u Burundi. Muri aba basubiye iwabo, 107 bari batuye mu Nkambi ya Mahama iherereye mu Karere ka Kirehe, naho abandi 8 bari basanzwe batuye mu Mujyi…

Soma inkuru yose

IMPAMVU YAGIYE AHAGARAGARA y’ISUBIKWA RY’IGITARAGANYA URUZINDUKO RWA EVALISTE

Mu gitangiriro cy’iki cyumweru, muri politiki yo mu karere hagaragaye umwuka utari witezwe nyuma y’uko uruzinduko rwa Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, rugombaga kumujyana mu murwa mukuru w’u Bufaransa, Paris, rusubitswe mu buryo bw’igitangaza. Ibi byahise binyuzwa mu itangazamakuru ryo mu Burundi, bisiga ibibazo byinshi mu baturage ndetse no mu mpuguke mu by’umutekano. Amakuru aturuka…

Soma inkuru yose

Double Jay na Kirikou Akili b’i Burundi bagiye gususurutsa i Kigali mu gitaramo ‘Harmony Africa Pulse Concert’

Abahanzi b’ibyamamare bakomoka mu Burundi, Double Jay na Kirikou Akili, bagiye guhurira n’abaririmba b’imbere mu gihugu cy’u Rwanda mu gitaramo cyitezweho kwerekana uburyo umuziki w’Afurika y’Uburasirazuba ukomeje gutera imbere. Iki gitaramo cyiswe “Harmony Africa Pulse Concert” kizabera muri Kigali Universe ku wa Gatandatu, tariki ya 8 Ugushyingo 2025, kikazaba ari kimwe mu bitaramo bikomeye biteganyijwe…

Soma inkuru yose

Peresida Evaliste Ndayishimiye yagaragaye mu muhango wo Kwibuka Umuganwa Rudoviko Rwagasore

Kuri uyu wa 13 Ukwakira 2025, Abanyagihugu b’i Burundi bibuka imyaka 64 ishize Intwari yubwigenge, Umuganwa Rudoviko Rwagasore aguye urw’abagabo. Yishwe ku wa 13 Ukwakira 1961 i Bujumbura, nyuma y’iminsi mike atsindiye amatora yo kuba Minisitiri w’Intebe w’igihugu cyari kigiye kubona ubwigenge. Uyu munsi wo kwibuka ufite agaciro gakomeye mu mateka y’Uburundi, kuko ushimangira ubutwari…

Soma inkuru yose

uBurundi mu itsinda riharanira amahoro n’ubutabera mpuzamahanga

Mu nama y’Itsinda ry’Inshuti zishyigikiye Itegeko Nshinga ry’Umuryango w’Abibumbye (Friends in Defense of the UN Charter), Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Venezuela, Yván Gil, yatangaje ko uBurundi bwakiriwe nk’umunyamuryango mushya, ashimira ubwitabire n’icyubahiro bwagaragaje. Uyu muyobozi yavuze ko iri tsinda rimaze imyaka ine rishinzwe ritangiye kugaragaza umusaruro mu bikorwa byo guharanira amahoro ku isi, Minisitiri Gil…

Soma inkuru yose