THE BEN NA BRUCE MELODIE BANDITSE AMATEKA MASHYA MU MYIDAGADURO NYARWANDA BINYUZE MU KIGANIRO CYABEREYE MURI KIGALI CAR FREE ZONE

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Ukuboza 2025, mu mbuga ngari z’Umujyi wa Kigali zizwi nka Kigali Car Free Zone hatangiriye urugendo rushya rwo kwandika amateka akomeye mu myidagaduro nyarwanda, binyuze mu kiganiro n’itangazamakuru cyahuje abahanzi bakomeye The Ben na Bruce Melodie.Guhera ahagana saa sayine za mu gitondo (10:00 AM), abanyamakuru b’ibitangazamakuru bitandukanye, abakora…

Soma inkuru yose

BK Arena yakiriyemo Hanga Pitch Fest 2025: irushanwa rigamije guteza imbere imishinga y’ikoranabuhanga y’urubyiruko

Mu gihe u Rwanda rukomeje gushora imari n’ubushake mu guteza imbere ikoranabuhanga rishobora guhindura ubuzima bw’abaturage, kuri uyu munsi BK Arena yakiriyemo igikorwa cyo guhemba imishinga yatoranyijwe mu irushanwa ngarukamwaka rya Hanga Pitch Fest, rimaze kuba ikimenyetso cy’imbaraga z’igihugu mu gushyigikira abahanga b’ejo hazaza. Hanga Pitch Fest, ryatangijwe mu 2021, riri gukorwa ku nshuro yaryo…

Soma inkuru yose