Rayon sport yakoze imyitozo yimbatura mugabo yitegura super cup2025

Ikipe ya Rayon sport yakoze imyiteguro ikomeye yitegura gukina Super Cup 2025 kandi irangwa n’imbaraga nyinshi, aho abakinnyi bari kugaragaza ubushake bukomeye n’ishyaka ridasanzwe ryo kwitwara neza. Iyi myitozo iri kubera ku muvuduko wo hejuru (full-gas preparation), igaragaza ko iyi kipe ishaka kugera ku mukino ikiri ku rwego rwo hejuru mu mitegurire. Mu myitozo iheruka,…

Soma inkuru yose

🏆 Imikino yahuje APR FC na Rayon sport muri super cup

Super Cup ni igikombe gikomeye kuruta ibindi mu Rwanda, ihuza ikipe yegukanye shampiyona n’iyatwaye Igikombe cy’Amahoro, cyangwa se ikipe yihariye ibikombe byose muri season ishize. Igakina Niyayiguye muntege Uyu mukino uba ari ikimenyetso cy’uko umwaka mushya w’umupira w’amaguru utangiye, ukaba n’igihe cyo gupima imbaraga z’amakipe akomeye kurusha ayandi. Mu Rwanda, nta yindi Super Cup ikurura…

Soma inkuru yose

Police FC ninde uzayihagarika ? :Police FC igumye ku isonga nubwo yanganyije na APR FC

None kuwa 06 ukuboza kuri Pele stadium Habereye umukino wumunsi wa 10 wa championa ya Rwanda premier league , Numukino wahuzaga APR FC na Police FC umukino witabiriwe nabafana benshi yaba kuruhande rwa APR FC no kuruhande rwa police doreko igice cya kabiri kirangiye abafana bakinjira muri stade. Uyu mukino waranzwe nimbaraga nyinshi ndetse nishyaka…

Soma inkuru yose

APR FC Yihanangirije Rayon Sports Mumukino wabahuje kuruyu wa Gatandatu

Kuri uyu wa Gatandatu, APR FC yeretse Rayon Sports ko igikomeje kuba ubukombe mu mupira w’u Rwanda, iyitsinda ibitego 3–0 mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro i Remera. Uyu mukino wari utegerejwe na benshi, wuzura imiryango y’abafana b’impande zombi bari baje gushyigikira amakipe yabo mu buryo bukomeye . APR FC yinjiriye mu mukino iri hejuru…

Soma inkuru yose

APR FC yiteguye umukino wo guhatanira umwanya wa gatatu muri CECAFA Kagame Cup

c Umutoza mukuru wa APR FC yashyize ahagaragara abakinnyi 11 azabanza mu kibuga, abenshi muri bo bakaba bafite ubunararibonye mu mikino mpuzamahanga ndetse baranagaragaje uruhare rukomeye mu rugendo rw’ikipe mu matsinda. Umunyezamu Ishimwe Pierre ni we ugiye kuba ku isonga mu izamu, mu gihe mu bwugarizi hazaba harimo Omborenga Fitina, Buregeya Prince, Rugwiro Herve na…

Soma inkuru yose