Kigali: Abafatanyabikorwa ba VIBE batangiye amahugurwa yo kongerera agaciro ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 12 Nzeri 2025, ahazwi nka Saint Paul habereye amahugurwa yateguwe n’umushinga Profemme Twese Hamwe, ugamije gufasha abaturage kongerera agaciro ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi. Uyu mushinga wibanda cyane ku gufasha abagore, urubyiruko ndetse n’abafite ubumuga kugira ngo babashe kwiteza imbere mu buryo burambye. Amahugurwa yatangiye abanyamuryango bishimira uburyo gahunda ibafasha…

Soma inkuru yose