Nyuma yo gusurwa na FERWAFA: Amavubi U-17 basigiwe iki mbere ya CECAFA?
Kuri uyu mugoroba, Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) buyobowe na Perezida Fabrice Shema, bwasuye Ikipe y’Igihugu y’abatarengeje imyaka 17 (Amavubi U-17) aho iri gukorera imyitozo mu rwego rwo kwitegura imikino ya CECAFA izaba mu minsi iri imbere. Iyi mikino ya CECAFA U-17 ni yo izatanga itike ku makipe azaserukira akarere ka Afurika y’Iburasirazuba…

