Ingabo z’u Rwanda muri UNMISS Zongeye kugaragara mubikorwa byiza byo gutanga ubuvuzi ku baturage ba Juba

Juba – Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), zatangiye igikorwa cyihariye cyo gutanga serivisi z’ubuvuzi ku buntu, cyahuje abaturage bagera kuri 350 bo mu Mujyi wa Juba. Ni igikorwa cy’iminsi itanu cyateguwe mu rwego rwo kunoza imibereho myiza y’abaturage no kubafasha kubona ubuvuzi bufite ireme. Iki…

Soma inkuru yose

Amahugurwa y’Abatoza b’Abakomanda b’Amatsinda y’Ingabo mu bikorwa byo Kubungabunga Amahoro yatangiye i Musanze

Amahugurwa yiswe “Battle Group Commanders’ Training of Trainers in Peace Support Operations” yatangiye kuri uyu wa Mbere muri Rwanda Peace Academy iherereye mu Karere ka Musanze. Aya mahugurwa yateguwe ku bufatanye bwa Rwanda Peace Academy, Eastern African Standby Force (EASF) Secretariat hamwe na African Peace and Security Architecture (APSA), kandi azamara igihe cy’ibyumweru bibiri, uhereye…

Soma inkuru yose