AI Ishobora Gutwara Imirimo Miliyoni 300

Ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano rizwi nka AI rikomeje gutera imbere ku muvuduko udasanzwe ku Isi. Mu gihe bamwe baryishimira kubera umusaruro ritanga, hari n’abagaragaza impungenge ku ngaruka rishobora kugira ku bakozi. Umuyobozi Mukuru wa IMF, Kristalina Georgieva, yavuze ko AI ishobora kuba imwe mu mpinduka zikomeye zigiye guhindura ubukungu bw’Isi. Yagaragaje ko ibihugu bikwiye kwitegura hakiri…

Soma inkuru yose

H.E PAUL KAGAME mu nama izatangiza Impinduramatwara ya AI muri Afrika

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ari ku rutonde rwa bamwe mubakuru b’ibihugu bazitabira Inama ya Transform Africa Summit 2025, iteganyijwe kubera mu Mujyi umwe wa Conakry muri Guinée, ku matariki ya 12–14 Ugushyingo 2025. Iyi nama ikomatanyiriza hamwe abakuru b’ibihugu, impuguke mu ikoranabuhanga, inzego z’abikorera n’abashakashatsi, hagamijwe kurebera hamwe uko umugabane dutuye wa…

Soma inkuru yose