H.E PAUL KAGAME mu nama izatangiza Impinduramatwara ya AI muri Afrika
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ari ku rutonde rwa bamwe mubakuru b’ibihugu bazitabira Inama ya Transform Africa Summit 2025, iteganyijwe kubera mu Mujyi umwe wa Conakry muri Guinée, ku matariki ya 12–14 Ugushyingo 2025. Iyi nama ikomatanyiriza hamwe abakuru b’ibihugu, impuguke mu ikoranabuhanga, inzego z’abikorera n’abashakashatsi, hagamijwe kurebera hamwe uko umugabane dutuye wa…

