Birabaje kuba ugiye kwirira ubuzima ukaza kwibwa Telephone yawe cg ishakoshi,bimwe mu bizungerezi byitabiriye ibitaramo biri kubera i Rubavu muri ibi bihe by’ibiruhuko biri kurira ayo kwarika kubwo kubwa ibyabo nabajura bishiminaga.
Police y’uRwanda yataye muri yombi abacyekwa gukoa ubujura muri ibi bitaramo,bakorweho iperereza bahanwe,Police ikomeje kwihanangiriza abakora ibyaha birimo ubujura ko babihagarika kuko batazihanganirwa.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP rutikanga B yemeje aya makuru ati twahawe amakuru ko habaye ubujura mu mirenge ya nyamyumba na gisenyi ahari kubera ibitaramo mubyibwe harimo amashakoshi yabagore,telephone,nibindi bifite agaciro ndetse iperereza riracyakomeje.
Yakomeje agira ati uwumva azabeshwaho no kwiba ibyabandi iherezo rye ni ribi, abajura baracyafite amahirwe yo guhinduka bagakoresha imbaraga zabo bagakora ibyemewe bakiteza imbere,abafashwe bafungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Gisenyi,mubafashwe harimo nabari baguze amatike y’icyubahiro kugira ngo bacucure abo bicaranye,cyane ko aba bafite amasakoshi ahenze bizwi ko bicara mu myanya y’icyubahiro.

Mubitabiriye ibi bitaramo hari higanjemo urubyiruko,ndetse ukabona ko banyuzwe ni bihe byubushyuhe tugezemo cyane ko bihuriranye nibiruhuko,


iyi nkuru yizewe 86%