Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva Justin Yasuye Shema Power Plant n’Icyambu gishya cya Rubavu

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Nsengiyumva Justin, yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe mu Karere ka Rubavu, aho yasuzumye ibikorwa by’ingenzi bigamije iterambere ry’igihugu n’akarere muri rusange. Muri uru ruzinduko, Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rw’amashanyarazi rwa Shema Power Plant, uruganda rutunganya amashanyarazi rubikesha gazi metane yo mu Kiyaga cya Kivu. Uru ruganda rufatwa nk’urufite akamaro kanini…

Soma inkuru yose

Kigali yakiriye Amahugurwa Mpuzamahanga ku Mutekano w’Ikoranabuhanga n’Iterabwoba ryo kuri Murandasi.

Kigali, ku wa 8 Nzeri 2025 – Amahugurwa y’ubumenyi ku mutekano w’ikoranabuhanga (Cybersecurity) n’iterabwoba rikoreshwa ikoranabuhanga (Cyber Terrorism Awareness Workshop) yatangiye kuri uyu wa Mbere mu Mujyi wa Kigali, akaba ari kubera kuri Kigali Paramount Hotel, aho azamara iminsi itanu, kuva tariki ya 8 kugeza ku ya 12 Nzeri 2025. Iri huriro ryateguwe ku bufatanye…

Soma inkuru yose

RDB ifashe icyemezo cyo gufunga hotel Chateau le Marara

Nyuma yo kugenzura hotel Chateau le marara iherereye ku Kibuye byagaragaye ko iyi hotel ikora muburyo bunyuranyije n’amategeko ndetse ko guhera kuruyu wa 22 Nyakanga ihagarika ibikorwa byayo byo kwakira abayigana,gukora nyuma yiyi taliki bizafatwa nkagasuzuguro. Muminsi ishize nibwo abakoresha imbuga nkoranyambaga bibazaga niba ibivugwa kuriyi hotel bijyanye na serivisi mbi zirimo nisuku nke niba…

Soma inkuru yose

Muri Hotel Batugaburiye imbuto ziriho ibimonyo “miss Naomie”

Rurageretse hagati y’itsinda ribarizwamo miss Naomie na hotel ya chateaul la malala iherereye ku kibuye izwi mu mahotel akomeye hano mu Rwanda ari naho hafatiwe amashusho y’indirimbo ya Bruce merodie na Element yitwa Fou de toi,barinubira servisi bahawe bati;Imbuto twahawe zariho ibimonyo,ibiryo twahawe byari bitetse nabi ndetse bicicriritse muri macye bihabanye n’amafaranga twishyuye, amata twahawe…

Soma inkuru yose