Kirehe: Itsinda ryaturutse mu Karere ka Kayonza ryasuye Ikigo cy’igihe gito bareba imikorere yacyo.

Ku wa Kabiri, mu Murenge wa Nyarubuye mu Karere ka Kirehe, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Mukandahiro Janvière, yakiriye itsinda ryaturutse mu Karere ka Kayonza, bayobowe na Harelimana Jean Damascène, na we akaba Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza. Uru rugendoshuri rwateguwe hagamijwe gusangiza ubumenyi ku mikorere y’Ikigo kinyurwamo abantu by’igihe gito (Preliminary…

Soma inkuru yose

Impamvu Coup d’État Idashoboka Muri Tanzania :Samia Suluhu Yatsinze Amatora Ku Majwi 97.66%

Mu minsi ishize, ibitekerezo n’isesengura rinyuranye byakomeje kugaragara mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga bivuga ku miterere ya politiki yo muri Tanzania, cyane cyane mu gihe hari impinduka zigaragara mu bihugu bitandukanye bya Afurika ziturutse ku myigaragambyo ya Generation-Z. Bamwe mu basesenguzi bo mu Rwanda n’ahandi bagaragaje impungenge z’uko Perezida Samia Suluhu Hassan ashobora guhura…

Soma inkuru yose

IMPAMVU YAGIYE AHAGARAGARA y’ISUBIKWA RY’IGITARAGANYA URUZINDUKO RWA EVALISTE

Mu gitangiriro cy’iki cyumweru, muri politiki yo mu karere hagaragaye umwuka utari witezwe nyuma y’uko uruzinduko rwa Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, rugombaga kumujyana mu murwa mukuru w’u Bufaransa, Paris, rusubitswe mu buryo bw’igitangaza. Ibi byahise binyuzwa mu itangazamakuru ryo mu Burundi, bisiga ibibazo byinshi mu baturage ndetse no mu mpuguke mu by’umutekano. Amakuru aturuka…

Soma inkuru yose

IMYIGARAGAMBYO MURI TANZANIA YATANGIYE KWANGIZA UBWIKOREZI BWO MU KARERE

Imyigaragambyo ikomeye iri kubera muri Tanzania kubera kutanyurwa n’amatora aherutse, yatangiye kugira ingaruka ku bihugu bihahirana n’iki gihugu, ubwo twavuga ibihugu bituranyi cyane cyane u Rwanda. Abaturage n’amatsinda atishimiye ibyavuye mu matora bakomeje kwigaragambya mu bice bitandukanye by’igihugu, ibi bigaragara ko byatangiye kugera ku nzego z’ubucuruzi n’ubwikorezi, birimo gutwika imodoka no gusahura ibicuruzwa. Amakuru aturuka…

Soma inkuru yose

Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika Mu Bufatanye Bushya mu Ikoranabuhanga ry’Ingufu

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Nsengiyumva, yakomeje urugendo rwe rw’akazi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yakiriwe i Washington DC na Chris Wright, Umunyamabanga w’Ingufu wa Amerika. Ibiganiro byabo byibanze ku kwagura no gushimangira umubano w’ibihugu byombi mu rwego rw’iterambere ry’ingufu zishingiye ku ikoranabuhanga. Impande zombi zaganiriye ku mushinga wo guteza imbere ingufu za…

Soma inkuru yose

Imibare y’Urubyiruko mu Mihanda ya Tanzania ikomeje kwiyongera, Hasabwa Impinduka mu Miyoborere

Mu mijyi itandukanye ya Tanzania haravugwa imyigaragambyo y’urubyiruko rwinshi rwasohotse mu mihanda rugaragaza kutanyurwa n’uburyo igihugu kiyobowe, cyane cyane muri iki gihe cy’amatora ya perezida ateye impagarara. Abigaragambya barashinja ubutegetsi bwa Perezida Samia Suluhu Hassan gukandamiza abatavuga rumwe n’ubutegetsi no kugoreka inzira ya demokarasi basanganwe. Abigaragambya bavuga ko amatora yabaye kuri uyu munsi asa n’ikinamico,…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yageze i Riyadh, agirana ibiganiro na Prince Mohammed bin Salman mbere y’inama ya Future Investment Initiative

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yageze mu mujyi wa Riyadh muri Arabia Saudite aho yatangiriye uruzinduko rwe rw’akazi agirana ibiganiro byihariye na Nyiricyubahiro, Igikomangoma Mohammed bin Salman, Umuyobozi Mukuru w’Igihugu cya Arabia Saudite. Uru ruzinduko ruje mbere y’itangizwa ku mugaragaro ry’Inama mpuzamahanga y’ishoramari izwi nka Future Investment Initiative (FII), igeze ku nshuro ya…

Soma inkuru yose

Uwahoze ari Perezida wa Madagascar Andry Rajoelina yahejejwe mubuhungiro

Ibyahoze bisa n’ibihuha byamaze kuba ukuri nyuma y’uko Guverinoma ya Madagascar isohoye Iteka rya Minisitiri w’Intebe ryemeje ko uwahoze ari Perezida Andry Nirina Rajoelina yambuwe burundu ubwenegihugu bw’icyo gihugu. Iryo teka, ryasohotse mugitabo cy’amategeko cy’Igazeti ya Leta, ryemeza ko Rajoelina atakiri Umwenegihugu wa Madagascar narimwe, ahubwo asigaranye ubwenegihugu bw’u Bufaransa bivugwako yari yarahawe mu ahayingayinga…

Soma inkuru yose

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yaganiriye n’Ambasaderi w’u Bufaransa mumushinga ukomeye hagati y’ibihugu byombi

Muruyu mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu taliki 22 ukwakira2025, Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye ikaze mu biro bye Madamu Aurélie Royet-Gounin, Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda, kugirango baganire ibiganiro bigamije gukurura no gushimangira umubano n’ubufatanye hagati y’u Rwanda n’u Bufaransa mu nzego zitandukanye . Ibiganiro byabo byavuze cyane cyane ku gushimangira amahirwe ari mu…

Soma inkuru yose

Kigali yitegura guhuza abakomanda b’ingabo z’Afurika mu nama ishobora guhindura isura y’umutekano w’umugabane

Kigali – uyu munsi Tariki ya 18 Ukwakira 2025 – U Rwanda rwatangaje ko rugiye kwakira ku nshuro ya kabiri inama y’abakomando b’ingabo za Afurika (Land Forces Commanders Symposium – LFCS), igamije kurebera hamwe uko ingabo zishobora kurushaho kugira uruhare mu kwimakaza amahoro n’umutekano ku mugabane. Iyo nama izabera i Kigali kuva ku itariki ya…

Soma inkuru yose