Rayon Sports Women yanditse amateka, igera ku mukino wa nyuma wa CECAFA Champions League Qualifiers

Ikipe ya Rayon Sports y’abagore (Rayon WFC) ikomeje kwandika amateka mashya mu mupira w’amaguru w’abari n’abategarugori mu Rwanda, nyuma yo kugera ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya CECAFA Women’s Champions League Qualifiers. Ni ubwa mbere iyi kipe imaze igihe gito ishinzwe ibashije kugera ku rwego nk’uru, bikaba byanditse amateka mashya mu mateka y’umupira w’abagore mu…

Soma inkuru yose

Iserukiramuco rya Sinema “Mashariki African Film Festival” ku nshuro ya 11 rizasohoka mu ntara z’igihugu

Iserukiramuco mpuzamahanga rya sinema “Mashariki African Film Festival” rigiye kuba ku nshuro ya 11, rikaba riteganyijwe kubera mu Rwanda muri uku kwezi. Ni iserukiramuco ryamamaye mu gutaramira abakunzi ba sinema, ryahurizaga i Kigali abahanzi n’abategura filime baturutse mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane wa Afurika no hanze yawo. Ku nshuro ya 11, iri serukiramuco rifite…

Soma inkuru yose

Amavubi U-20 y’Abakobwa yahamagawe kwitegura Nigeria mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bagize Ikipe y’Igihugu y’Abakobwa batarengeje imyaka 20 (Amavubi U-20), bazakina na Nigeria mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cy’Abatarengeje imyaka 20 mu bakobwa kizaba mu 2026. Umutoza mukuru André Cassa Mbungo ni we uyoboye uru rugendo, aho yahamagaye abakinnyi baturutse mu makipe atandukanye…

Soma inkuru yose

Abahanzi Ariel Wayz na Babo Batawe muri Yombi, Bakekwaho Gukoresha Ibiyobyabwenge

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yemeje amakuru y’uko abahanzi babiri bakunzwe mu Rwanda, Barbara Horn Teta wamamaye nka cndetse na Ariel Wayz, batawe muri yombi. Amakuru y’itabwa muri yombi ry’aba bahanzi yemejwe nyuma akwirakwira kumbuga nkoranyambaga. Aba bahanzi bombi bafashwe nyuma yo kurenza amasaha yagenwe yo kuguma mu kabari. Nyuma yo gupimwa…

Soma inkuru yose

RDC: Umukino wahindutse imvururu i Kinshasa nyuma yo gutsindwa na Senegal

Umujyi wa Kinshasa wabaye isibaniro ry’imvururu ku munsi w’ejo, nyuma y’umukino wahuje Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC)Leopards na Senegal mu mukino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi (World Cup Qualifiers). Ikipe ya Senegal yatsinze RDC ibitego 3-2,  aha ariko ni mugihe ikipe ya congo yari yabanje ibitego 2 kubusa nyuma Senegare iza gukora come back…

Soma inkuru yose

Ese Amavubi azakomeza kwandika amateka mashya? : Zimbabwe vs Rwanda: Umukino w’Intambara yo Kwerekeza ku Nzozi z’Igikombe cy’Isi #FIFAWCQ2025

Johannesburg, Afurika y’Epfo – Orlando Pirates Stadium i Johannesburg irakira uyu munsi umukino ukomeye hagati ya Zimbabwe Warriors na Amavubi y’u Rwanda, mu rwego rw’imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2025 (#FIFAWCQ2025). Umukino utangira saa cyenda z’amanywa (3PM), utegerejwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru bo mu karere no muri Afurika yose. Amavubi y’u Rwanda ari mu…

Soma inkuru yose

YouTube Channel ya Gogo Yateje Impagarara mu Muryango

Aha ni nyuma Y’urupfu rwa Gogo, wari umuhanzi kazi ukunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga, rwashenguye benshi mu nshuti, abavandimwe ndetse n’abamukurikiranaga kuri YouTube. Ariko kandi, nyuma y’urupfu rwe, hashize iminsi micye, habaye impagarara zikomeye hagati y’abagize umuryango we n’abakunzi be ku bijyanye n’uyu muyoboro wa YouTube. Incuti ndetse n’abavandimwe ba hafi ba nyakwigendera batangaje ko…

Soma inkuru yose

Iyo nzira ica iwanyu? “Yolo the Queen asubiza umufana”

Umugore Yolo the queen umenyerewe mu myidagaduro yaganirije abamukurikira atanga rugari kubifuza kumubaza ibibazo bashaka akagenda abasubiza binyuze mubutumwa bugufi chat hanyuma akabisangiza abamukurikira. Umwe mu bafana be yamubwiye kuyoboka inzira y’ubugingo akava mu byaha yagize ati Va mu byaha ukizwe kuko inzira y’umunyabyaha ari urupfu ariko inzira y’umukiranutsi n’ubugingo buhoraho. Yolo the queen nta…

Soma inkuru yose

The Ben yarijije abakobwa mu gitaramo cya Giants of Africa

Ubwo umuhanzi Mugisha Benjamin yageraga ku rubyiniro abenshi biganjemo igitsinagore bahagurutse bamwakirana urugwiro n’amarangamutima menshi kuburyo hari nabasutse amarira kubera urukundo bakunda uyu muhanzi The Ben,mbere yo kuririmba iyi aheruka gushyira hanze, yahamagaye abasore n’inkumi bumva batewe ishema n’imibiri yabo, baza kuyiririmba no kuyibyinana na we ku, Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben ni we…

Soma inkuru yose

Ubu ndi guhumeka umwuka w’iNyarugenge”Burikantu yafunguwe”

Akanyamuneza nikose kubakunzi n’inshuti abavandimwe ba Mwitende Abdl uzwi nka Burikantu nyuma yuko yari amaze iminsi 4 afunzwe, uyu musore yari akurikiranweho gufungirana abakobwa munzu bari bamusuye ngo abafashe Uko batangira gukora ibiganiro bya Social media. Uyu munsi kuwa 25 Nyakanga nibwo Burikantu yafunguwe kuko umukobwa wari wamureze yanditse avuga ko ibyabaye nta kibazo abifiteho….

Soma inkuru yose