Abahanzi Ariel Wayz na Babo Batawe muri Yombi, Bakekwaho Gukoresha Ibiyobyabwenge

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yemeje amakuru y’uko abahanzi babiri bakunzwe mu Rwanda, Barbara Horn Teta wamamaye nka cndetse na Ariel Wayz, batawe muri yombi. Amakuru y’itabwa muri yombi ry’aba bahanzi yemejwe nyuma akwirakwira kumbuga nkoranyambaga. Aba bahanzi bombi bafashwe nyuma yo kurenza amasaha yagenwe yo kuguma mu kabari. Nyuma yo gupimwa…

Soma inkuru yose

RDC: Umukino wahindutse imvururu i Kinshasa nyuma yo gutsindwa na Senegal

Umujyi wa Kinshasa wabaye isibaniro ry’imvururu ku munsi w’ejo, nyuma y’umukino wahuje Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC)Leopards na Senegal mu mukino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi (World Cup Qualifiers). Ikipe ya Senegal yatsinze RDC ibitego 3-2,  aha ariko ni mugihe ikipe ya congo yari yabanje ibitego 2 kubusa nyuma Senegare iza gukora come back…

Soma inkuru yose

Ese Amavubi azakomeza kwandika amateka mashya? : Zimbabwe vs Rwanda: Umukino w’Intambara yo Kwerekeza ku Nzozi z’Igikombe cy’Isi #FIFAWCQ2025

Johannesburg, Afurika y’Epfo – Orlando Pirates Stadium i Johannesburg irakira uyu munsi umukino ukomeye hagati ya Zimbabwe Warriors na Amavubi y’u Rwanda, mu rwego rw’imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2025 (#FIFAWCQ2025). Umukino utangira saa cyenda z’amanywa (3PM), utegerejwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru bo mu karere no muri Afurika yose. Amavubi y’u Rwanda ari mu…

Soma inkuru yose

YouTube Channel ya Gogo Yateje Impagarara mu Muryango

Aha ni nyuma Y’urupfu rwa Gogo, wari umuhanzi kazi ukunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga, rwashenguye benshi mu nshuti, abavandimwe ndetse n’abamukurikiranaga kuri YouTube. Ariko kandi, nyuma y’urupfu rwe, hashize iminsi micye, habaye impagarara zikomeye hagati y’abagize umuryango we n’abakunzi be ku bijyanye n’uyu muyoboro wa YouTube. Incuti ndetse n’abavandimwe ba hafi ba nyakwigendera batangaje ko…

Soma inkuru yose

Iyo nzira ica iwanyu? “Yolo the Queen asubiza umufana”

Umugore Yolo the queen umenyerewe mu myidagaduro yaganirije abamukurikira atanga rugari kubifuza kumubaza ibibazo bashaka akagenda abasubiza binyuze mubutumwa bugufi chat hanyuma akabisangiza abamukurikira. Umwe mu bafana be yamubwiye kuyoboka inzira y’ubugingo akava mu byaha yagize ati Va mu byaha ukizwe kuko inzira y’umunyabyaha ari urupfu ariko inzira y’umukiranutsi n’ubugingo buhoraho. Yolo the queen nta…

Soma inkuru yose

The Ben yarijije abakobwa mu gitaramo cya Giants of Africa

Ubwo umuhanzi Mugisha Benjamin yageraga ku rubyiniro abenshi biganjemo igitsinagore bahagurutse bamwakirana urugwiro n’amarangamutima menshi kuburyo hari nabasutse amarira kubera urukundo bakunda uyu muhanzi The Ben,mbere yo kuririmba iyi aheruka gushyira hanze, yahamagaye abasore n’inkumi bumva batewe ishema n’imibiri yabo, baza kuyiririmba no kuyibyinana na we ku, Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben ni we…

Soma inkuru yose

Ubu ndi guhumeka umwuka w’iNyarugenge”Burikantu yafunguwe”

Akanyamuneza nikose kubakunzi n’inshuti abavandimwe ba Mwitende Abdl uzwi nka Burikantu nyuma yuko yari amaze iminsi 4 afunzwe, uyu musore yari akurikiranweho gufungirana abakobwa munzu bari bamusuye ngo abafashe Uko batangira gukora ibiganiro bya Social media. Uyu munsi kuwa 25 Nyakanga nibwo Burikantu yafunguwe kuko umukobwa wari wamureze yanditse avuga ko ibyabaye nta kibazo abifiteho….

Soma inkuru yose

Marina yongeye kurikoroza ku mashusho yashyize hanze agaragaza imiterere ye

Abantu benshi bacitse ururondogoro bavuga ku mashusho Marina yasangije abamukurikira agaragaza imiterere ye,namashusho marina yafatiye mu cyumba cye agaragaza ikariso ndetse anakurura umushumi wikariso kugira ngo yerekane uko ateye. Muri ayo mashusho haraho akurura isutiye ashaka kugaragaza mugituza cye,namashusho atavugwaho rumwe kubakoresha imbuga nkoranyambaga, bamwe bashima ko ateye neza abandi bamugaya ko yataye umuco ndetse…

Soma inkuru yose

Tumwe mu dushya twaranze igitaramo cya Iwacu muzika cyabereye i Nyagatare

Kuruyu wa 19 nyakanga 2025 mu karere ka Nyagatare habereye igitaramo cya iwacu muzika,nigitaramo kitabiwe n’ibihumbi byinshi byiganjemo urubyiruko rutuye hirya no hino muturere two mu ntara Y’uburasirazuba. Abanyarwenya barimo Kanyombya,Burikantu na Buringuni bari mukoze udushya twanyuze abafana babo cyane cyane cyane mumihanda bagenda berekeza aho igitaramo kirimo kubera,banyuzagamo,ubwo bageraga muri aka karere bakiwe bikomeye…

Soma inkuru yose

Muri Hotel Batugaburiye imbuto ziriho ibimonyo “miss Naomie”

Rurageretse hagati y’itsinda ribarizwamo miss Naomie na hotel ya chateaul la malala iherereye ku kibuye izwi mu mahotel akomeye hano mu Rwanda ari naho hafatiwe amashusho y’indirimbo ya Bruce merodie na Element yitwa Fou de toi,barinubira servisi bahawe bati;Imbuto twahawe zariho ibimonyo,ibiryo twahawe byari bitetse nabi ndetse bicicriritse muri macye bihabanye n’amafaranga twishyuye, amata twahawe…

Soma inkuru yose