Ibikoresho bya FERWAFA munzu ya Camarade

Mugihe ubushinjacyaha bukomeje gukusanya ibimenyetso urugo rwa Camarade rwasanzwemo imyenda y’ikipe y’igihugu Amavubi hakibazwa icyo iyo myenda imara murugorwe yakabaye yaratanzwe kubakinnyi si imyenda gusa ahubwo hari nibindi bikoresho by’ikigo byakabaye bitari murugorwe. Urukiko rukuru rukomeje kandi kuburanisha urubanza ruregwamo Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade, Uyu Camarade kandi yahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru…

Soma inkuru yose

Udushya twarane irushanwa rya UCI World Championships ITT 2025

Irushanwa rya UCI World Championships ITT 2025 ni irushanwa aho umuntu kugiti cye asiganwa nigihe, Hari byinshi kandi byatunguye benshi kuko bitari byitezwe nabenshi cyane ko bamwe mu Irushanwa rya Individual Time Trial (ITT) bari basanganwe igikombe aribo ba champions bakaba barakubiswe inshuro. Iri rushanwa rya Individual Time Trial (ITT)ryabereye mu Mujyi wa Kigali muri…

Soma inkuru yose

Fb the One: Impano nshya ivuka i Rusizi yiteguye guhindura muzika nyarwanda

Frank Baraka uzwi ku izina ry’ubuhanzi Fb the One, ni umuhanzi mushya uvuka mu Karere ka Rusizi, ufite intego yo kuzana impinduka no guteza imbere impano z’Abanyarwanda muri rusange binyuze muri muzika.Uyu musore avuga ko amazina ye y’ubuhanzi afite inkomoko mu izina rye rya buri munsi Frank Baraka, aho yahisemo kurihindura mu mpine rikaba FB,…

Soma inkuru yose

uRwanda rukomeje kuba ubukombe mukwakira ibirori bikomeye by’Isi

Mu myaka iheruka, u Rwanda rwahindutse umwe mu mitima y’Isi yakira inama n’ibirori bikomeye by’amateka, bikerekana ubushobozi n’ubushake bwo gushyira igihugu mu rwego mpuzamahanga. Mu 2022, u Rwanda rwakiriye Commonwealth Heads of Government Meeting (CHOGM), ihuriro rikomeye ryahuje abakuru b’ibihugu na za guverinoma bo mu muryango wa Commonwealth. Byari ibyumweru byerekanye ubudasa bw’u Rwanda mu…

Soma inkuru yose

UCI Road World Championships Kigali 2025: amaso yose yerekejwe ku Rwanda

Imyiteguro y’Isiganwa ry’Amagare ry’Isi (UCI Road World Championships 2025) rizabera i Kigali kuva ku wa 21 kugeza ku wa 28 Nzeri 2025 yamaze kurangira. Abategura iri siganwa batangaje ko ibikoresho byose by’ingenzi n’ibikorwa remezo byari bisabwa byamaze gushyirwa ku murongo, ndetse n’amakipe menshi azahatana yamaze kugera mu Rwanda. Iki ni cyo gikorwa cya mbere cy’Isi…

Soma inkuru yose

BURIKANTU MUGAHINDA KO KUDASUHUZA PEREZIDA PAUL KAGAME

Nyuma y’amatora ya Perezida yabaye mu 2024, Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakoze ibirori byo gushimira abafatanyabikorwa b’ingenzi mu iyamamazabikorwa rya FPR-Inkotanyi Ibi birori byabereye muri Kigali Convention Center, ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 22 Nyakanga 2024 Ibirori byo Gushimira Abafatanyabikorwa Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abantu b’ingeri zitandukanye…

Soma inkuru yose

APR FC yiteguye umukino wo guhatanira umwanya wa gatatu muri CECAFA Kagame Cup

c Umutoza mukuru wa APR FC yashyize ahagaragara abakinnyi 11 azabanza mu kibuga, abenshi muri bo bakaba bafite ubunararibonye mu mikino mpuzamahanga ndetse baranagaragaje uruhare rukomeye mu rugendo rw’ikipe mu matsinda. Umunyezamu Ishimwe Pierre ni we ugiye kuba ku isonga mu izamu, mu gihe mu bwugarizi hazaba harimo Omborenga Fitina, Buregeya Prince, Rugwiro Herve na…

Soma inkuru yose

Rayon Sports Women yanditse amateka, igera ku mukino wa nyuma wa CECAFA Champions League Qualifiers

Ikipe ya Rayon Sports y’abagore (Rayon WFC) ikomeje kwandika amateka mashya mu mupira w’amaguru w’abari n’abategarugori mu Rwanda, nyuma yo kugera ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya CECAFA Women’s Champions League Qualifiers. Ni ubwa mbere iyi kipe imaze igihe gito ishinzwe ibashije kugera ku rwego nk’uru, bikaba byanditse amateka mashya mu mateka y’umupira w’abagore mu…

Soma inkuru yose

Iserukiramuco rya Sinema “Mashariki African Film Festival” ku nshuro ya 11 rizasohoka mu ntara z’igihugu

Iserukiramuco mpuzamahanga rya sinema “Mashariki African Film Festival” rigiye kuba ku nshuro ya 11, rikaba riteganyijwe kubera mu Rwanda muri uku kwezi. Ni iserukiramuco ryamamaye mu gutaramira abakunzi ba sinema, ryahurizaga i Kigali abahanzi n’abategura filime baturutse mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane wa Afurika no hanze yawo. Ku nshuro ya 11, iri serukiramuco rifite…

Soma inkuru yose

Amavubi U-20 y’Abakobwa yahamagawe kwitegura Nigeria mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bagize Ikipe y’Igihugu y’Abakobwa batarengeje imyaka 20 (Amavubi U-20), bazakina na Nigeria mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cy’Abatarengeje imyaka 20 mu bakobwa kizaba mu 2026. Umutoza mukuru André Cassa Mbungo ni we uyoboye uru rugendo, aho yahamagaye abakinnyi baturutse mu makipe atandukanye…

Soma inkuru yose