U Rwanda rwabaye ikirangirire: Ifoto imwe ya Perezida Kagame iravuga byose

Mu gihe Isi yose yari ihanze amaso ku mikino ya UCI Road World Championships 2025 yabereye i Kigali kuva ku wa 21 kugeza ku wa 28 Nzeri, hari ikibazo cyakunze kugarukwaho: Ni gute igihugu gito cyo muri Afurika cyabashije kwakira irushanwa rikomeye ku rwego rw’Isi? Abantu benshi bashobora guhanahana ibisobanuro byinshi, ariko hari igisubizo kimwe…

Soma inkuru yose

Tadej Pogačar yanditse amateka i Kigali, atwara igikombe cy’Isi mu magare

Kigali, Nzeri 28, 2025 — Mu gihe cy’iminsi irindwi u Rwanda rwari ruri mu isura nshya, rutambukirijwe n’ibendera ry’amagare, ubwo rwakiraga bwa mbere mu mateka y’Afurika Shampiyona y’Isi mu gusiganwa ku magare (UCI Road World Championships). Kuva ku itariki ya 21 kugeza ku ya 28 Nzeri, imihanda y’i Kigali n’uturere tuyegereye yahindutse ibirindiro by’amateka, ikurura…

Soma inkuru yose

Bruce Melodie agiye kuririmbira muri Shampiyona ya PFL Africa i Kigali

Umuhanzi w’icyamamare mu muziki nyarwanda, Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie, yatangajwe nk’umwe mu bahanzi bazasusurutsa abafana bazitabira Shampiyona y’Iteramakofe ya PFL Africa (Professional Fighters League Africa) izabera mu Mujyi wa Kigali. Ibi birori by’amateka bizabera muri BK Arena ku wa Gatandatu, tariki ya 18 Ukwakira 2025, aho bizahuza imikino ikomeye ya MMA (Mixed Martial…

Soma inkuru yose

Ibikoresho bya FERWAFA munzu ya Camarade

Mugihe ubushinjacyaha bukomeje gukusanya ibimenyetso urugo rwa Camarade rwasanzwemo imyenda y’ikipe y’igihugu Amavubi hakibazwa icyo iyo myenda imara murugorwe yakabaye yaratanzwe kubakinnyi si imyenda gusa ahubwo hari nibindi bikoresho by’ikigo byakabaye bitari murugorwe. Urukiko rukuru rukomeje kandi kuburanisha urubanza ruregwamo Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade, Uyu Camarade kandi yahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru…

Soma inkuru yose

Udushya twarane irushanwa rya UCI World Championships ITT 2025

Irushanwa rya UCI World Championships ITT 2025 ni irushanwa aho umuntu kugiti cye asiganwa nigihe, Hari byinshi kandi byatunguye benshi kuko bitari byitezwe nabenshi cyane ko bamwe mu Irushanwa rya Individual Time Trial (ITT) bari basanganwe igikombe aribo ba champions bakaba barakubiswe inshuro. Iri rushanwa rya Individual Time Trial (ITT)ryabereye mu Mujyi wa Kigali muri…

Soma inkuru yose

Fb the One: Impano nshya ivuka i Rusizi yiteguye guhindura muzika nyarwanda

Frank Baraka uzwi ku izina ry’ubuhanzi Fb the One, ni umuhanzi mushya uvuka mu Karere ka Rusizi, ufite intego yo kuzana impinduka no guteza imbere impano z’Abanyarwanda muri rusange binyuze muri muzika.Uyu musore avuga ko amazina ye y’ubuhanzi afite inkomoko mu izina rye rya buri munsi Frank Baraka, aho yahisemo kurihindura mu mpine rikaba FB,…

Soma inkuru yose

uRwanda rukomeje kuba ubukombe mukwakira ibirori bikomeye by’Isi

Mu myaka iheruka, u Rwanda rwahindutse umwe mu mitima y’Isi yakira inama n’ibirori bikomeye by’amateka, bikerekana ubushobozi n’ubushake bwo gushyira igihugu mu rwego mpuzamahanga. Mu 2022, u Rwanda rwakiriye Commonwealth Heads of Government Meeting (CHOGM), ihuriro rikomeye ryahuje abakuru b’ibihugu na za guverinoma bo mu muryango wa Commonwealth. Byari ibyumweru byerekanye ubudasa bw’u Rwanda mu…

Soma inkuru yose

UCI Road World Championships Kigali 2025: amaso yose yerekejwe ku Rwanda

Imyiteguro y’Isiganwa ry’Amagare ry’Isi (UCI Road World Championships 2025) rizabera i Kigali kuva ku wa 21 kugeza ku wa 28 Nzeri 2025 yamaze kurangira. Abategura iri siganwa batangaje ko ibikoresho byose by’ingenzi n’ibikorwa remezo byari bisabwa byamaze gushyirwa ku murongo, ndetse n’amakipe menshi azahatana yamaze kugera mu Rwanda. Iki ni cyo gikorwa cya mbere cy’Isi…

Soma inkuru yose

BURIKANTU MUGAHINDA KO KUDASUHUZA PEREZIDA PAUL KAGAME

Nyuma y’amatora ya Perezida yabaye mu 2024, Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakoze ibirori byo gushimira abafatanyabikorwa b’ingenzi mu iyamamazabikorwa rya FPR-Inkotanyi Ibi birori byabereye muri Kigali Convention Center, ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 22 Nyakanga 2024 Ibirori byo Gushimira Abafatanyabikorwa Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abantu b’ingeri zitandukanye…

Soma inkuru yose

APR FC yiteguye umukino wo guhatanira umwanya wa gatatu muri CECAFA Kagame Cup

c Umutoza mukuru wa APR FC yashyize ahagaragara abakinnyi 11 azabanza mu kibuga, abenshi muri bo bakaba bafite ubunararibonye mu mikino mpuzamahanga ndetse baranagaragaje uruhare rukomeye mu rugendo rw’ikipe mu matsinda. Umunyezamu Ishimwe Pierre ni we ugiye kuba ku isonga mu izamu, mu gihe mu bwugarizi hazaba harimo Omborenga Fitina, Buregeya Prince, Rugwiro Herve na…

Soma inkuru yose