Prince Kiiz yifatanyije na La Reïna:Ibyo utari uzi ku EP ya mbere ya La Reïna

Umuhanzikazi Uwimanzi Oda Martine, uzwi mu muziki nka La Reïna, ari mu myiteguro yo gusohora EP ye ya mbere yise “1”, igikorwa kigaragaza intambwe ikomeye mu rugendo rwe rw’umuziki. Iyi EP igizwe n’indirimbo esheshatu zirimo Désolé, Nzaba Mpari, Mama, Tell Me, ndetse na Promise yakoranye n’umunyamuziki Prince Kiiiz. Biteganyijwe ko izajya hanze ku wa Gatanu,…

Soma inkuru yose

JEAN PIERRE KAGABO YASEZEYE MURI RBA NYUMA Y’IMYAKA 22 AKORA ITANGAZAMAKURU

Jean Pierre Kagabo, umwe mu banyamakuru bakurikiranwaga cyane muri Rwanda Broadcasting Agency (RBA), yasoje urugendo rwe rw’imyaka 22 muri iki kigo nyuma y’akazi gakomeye kagaragayemo ubwitange, ubunyamwuga ndetse n’ubutabera bw’amakuru yo kuvugira baturage. Kagabo yatangiye urugendo rwe mu itangazamakuru mu mwaka wa 2003, agitangira kwiga muri kaminuza. Yatangiriye kuri radiyo z’abaturage, aho yatangiriye kuri RC…

Soma inkuru yose

ABAHANZI NYARWANDA BARI GUHIRWA NUKWEZI KWA 11 KUBERA IBITARAMO

Ukwezi kwa 11 kwa 2025 kuzaba igihe cy’intsinzi n’ibyishimo ku bahanzi nyarwanda batandukanye, aho ibikorwa byabo by’ubuhanzi n’ubusabane byongeye kwerekana ko umuziki nyarwanda uri ku rugero rwo hejuru kandi ugenda utera imbere umunsi ku wundi.Mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 3 Ugushyingo 2025, umuramyi Richard Nick Ngendahayo yageze i Kigali nyuma y’imyaka 17 ataratera…

Soma inkuru yose

ESE KIVUMBI KING YABA AJYIYE GUSINYA MURI 1:55 AM? AMAKURU Y’INDANI

Amakuru atugeraho avuga ko umuhanzi Kivumbi King yaba yamaze kugera mu biganza by’inzu ifasha abahanzi ya 1:55 AM, isanzwe ikorana n’inkingi za mwamba mu muziki nyarwanda zirimo Bruce Melodie n’abandi batari bamaze kubaka izina. Nubwo nta ruhande na rumwe rurabyemeza ku mugaragaro, abakurikirana umuziki bacitse ururondogoro kuva mu mpera z’icyumweru gishize ko bishoboka ko vubaha…

Soma inkuru yose

Taylor Swift yongeye kwandika amateka mashya mu muziki w’isi: Imyaka 25 y’iminsi idahagarara ku isonga rya Global Digital Artist Rank!

Umwamikazi w’injyana ya Pop, Taylor Swift, akomeje kugaragaza ubudahangarwa mu muziki w’isi nyuma yo kumara iminsi 25 yikurikiranya ari ku isonga rya Global Digital Artist Rank, aho afite amanota y’igitangaza agera ku 9,300. Ni ubudasa budasanzwe, kuko nta wundi muhanzi mu mateka wigeze kugera kuri iyo ntera mu gihe kinini gutya. Indirimbo ye nshya “The…

Soma inkuru yose

Abahanzi Nyarwanda Bakomeje Kwigaragaza ku Ruhando Mpuzamahanga Ari Nako Basarura Ayicyuzi

Abahanzi b’Abanyarwanda bakomeje kwigaragaza ku rwego mpuzamahanga, bagaragaza impano n’umurava mu gutanga umuziki wabo ku bakunzi bo mu bindi bihugu. Mu minsi mike ishize, abahanzi batandukanye bakoze ibitaramo byamurikaga impano zabo, bagahuza ubuhanzi n’umuco nyarwanda ndetse n’ubutumwa bw’Imana .Vestine na Dorcas Berekeje Muri CanadaItsinda ry’abahanzikazi Ishimwe Vestine na Kamikazi Dorcas ryerekeje muri Canada ku nshuro…

Soma inkuru yose

Vestine na Dorcas batangiye urugendo rwa mbere rwa Canada – “Yebo Tour” igiye guhindura amateka!

Abahanzikazi b’abanyempano mu ndirimbo zo guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas, berekeje muri Canada ku nshuro ya mbere aho bagiye gukora ibitaramo byiswe “Yebo Tour Canada 2025”, byitiriwe indirimbo yabo ikunzwe cyane yitwa “Yebo”, yashimangiye izina ryabo mu muziki wa Gospel mu Rwanda no mu Karere. Aba bahanzikazi, bakomeje kuzamura ibendera ry’umuziki wo kuramya no guhimbaza…

Soma inkuru yose

Siporo y’amagare ikomeje kumurika u Rwanda Nyuma ya Tour du monde ubu hagezweho Kirehe Race 2025

Kirehe Race irushanwa Ryatangijwe nakarere kakirehe murwego rwo kuzamura umukino wamagare ndetse nimpano zabanyarwanda kubakinnyi bamagara, iri rushanwa rije risanga tour du Rwanda , ayamarushanwa icyo ahuriyeho yose nuko yose ari amarushanwa afite imbaraga kandi ahuriramo abanyamahanga kandi intego yayo nimwe nukuzamura ubukerarugendo mugihugu no kuzamura igare Umunya-Espagne Alejandro Gainza Rodriguez, ukinira ikipe ya May…

Soma inkuru yose

UWIHOREYE Tufaha: “Fencing ni umukino w’ubuzima n’amahirwe ku rubyiruko rw’u Rwanda.

Umukino wa Fencing, ukomoka mu kinyejana cya 15 na 16 (15ᵉ–16ᵉ Century), ni umwe mu mikino ya kera yakomotse ku myitozo y’intwaro (épée, foil, sabre) ndetse ugezweho ukaba umwe mu mikino igereranya ubuhanga, umuvuduko n’ubushishozi. Nubwo ari umukino ukiri mushya mu Rwanda, ufitanye amateka akomeye n’iterambere mu rwego mpuzamahanga. UWIHOREYE Tufaha, umutoza n’umukinnyi w’icyamamare, ni…

Soma inkuru yose

Visit Rwanda Yagiranye Amasezerano n’Amakipe ya LA Clippers na LA Rams

Los Angeles, USA – Mu gihangano cy’amateka, Visit Rwanda, ikirango cy’Ubukerarugendo cya Rwanda Development Board (RDB), cyamaze gusinya amasezerano y’igihe kirekire n’amakipe abiri akomeye yo muri Los Angeles: LA Clippers ya NBA na Los Angeles Rams ya NFL. Ni ubwa mbere ikirango cy’ubukerarugendo cyo muri Afurika gishyira umukono ku masezerano muri iyi miryango yombi, bigaragaza…

Soma inkuru yose