AL MERRIKH SC YATSINZE MARINE FC: DAOUDA BA ABAHESHA IBYISHIMO

Marine FC yo mu Rwanda ntiyabashije kwitwara neza mu rugendo rwayo rwa Rwanda premier league nyuma yo gutsindirwa na Al Merrikh SC igitego 1-0, mu mukino waberaga muri stade Pele stadium i nyamirambo. Ni umukino wari ukomeye cyane, wahuzaga amakipe yombi yaharaniraga kuzamuka kurutonde rwa championa. Igitego kime rukumbi nicyo cyabonetse mu mukino cyatsinzwe ku…

Soma inkuru yose

NIYO BOSCO YASEZERANYE N’UMUKUNZI WE MUKAMISHA IRENE MU RWEGO RW’AMATEGEKO I KINYINYA

Ku wa Gatatu tariki ya 10 Ukuboza 2025, ahagana mu ma saa (2:30 PM z’amasaha y’i Rwanda), umuhanzi w’inararibonye mu kwandika,kuririmba Gucuranga GITARI no kuramya Imana, Niyokwizerwa Bosco uzwi nka Niyo Bosco, yageze ku biro by’Umurenge wa Kinyinya mu karere ka Gasabo aje gusezerana imbere y’amategeko n’umukunzi we Mukamisha Irene Uyu muhanzi w’imyaka iri hagati…

Soma inkuru yose

Alyn Sano Yeruye Avuga ku busugi bwe, Ubuzima bwe bwite no Kuri Perezida Paul Kagame Nibindi byavugishije abatari bake

Mu kiganiro gikunzwe na Benshi, Alyn Sano yagarutse ku buzima bwe bwite, Ibikorwa bye byamuzika, amateka afitanye n’ibihugu bitandukanye ndetse n’ibibazo byashyize benshi mu rujijo Umuhanzikazi Alyn Sano Shegnero, umwe mu bafite ijwi rikomeye mu muzika nyarwanda, yongeye kugarukwaho cyane nyuma y’ikiganiro yagiranye na Muyango kuri YouTube. Muri iki kiganiro cyarebwe n’abarenga 30,000 mu masaha…

Soma inkuru yose

Imyidagaduro mu Rwanda Amagambo akomeye, amarira n’ibyishimo byaranze ibyamamare mu Ugushyingo 2025

2025 Ukwezi kwa Ugushyingo 2025 kwaranzwe n’inkuru zikomeye mu ruganda rw’imyidagaduro: guhinduka kw’imibereho, ibikomere by’urukundo, ibyishimo byo guhinduka mu buzima bw’iyobokamana, ibibazo by’amategeko n’ibirori by’urukundo byasize benshi batunguwe.Ishimwe Vestine yavuze amagambo akomeye y’ubuzima bwe bw’imbereKu wa Kabiri tariki 18 Ugushyingo 2025, Ishimwe Vestine yanditse amagambo yaremereye benshi umutima, avuga ko ari mu bihe bikomeye bitari…

Soma inkuru yose

K John yatawe muri yombi na RIB akekwaho gusakaza amashusho y’urukozasoni ya Yampano

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Kalisa John, uzwi cyane mu myidagaduro yo mu Rwanda ku izina rya K John, akekwaho uruhare mu gusakaza amashusho y’urukozasoni bivugwa ko yerekezaga kuri Yampano, umwe mu bakunzwe ku mbuga nkoranyambaga. Ibi bibaye mu gihe hashize iminsi mike undi musore witwa Pazzo nawe afunzwe ku cyaha gisa n’iki….

Soma inkuru yose

Umuhanzi Richard Nick Ngendahayo yahaye Amafaranga Kadudu nyuma yo kuva kuri stage arira

Umuhanzi w’Umunyarwanda Richard Nick Ngendahayo yongeye kugaragaza umutima ufasha no gushyigikira impano n’aba­hanzi bagenzi be, nyuma y’uko yihanganishije Umunyarwenya Kadudu amuha amafaranga ibihumbi 500 Frw nyuma y’ibyabaye ku rubyiniro byamuteye kurira . Byari mu gitaramo Kadudu yari yitabiriye mu rwego rwo kumurika impano ye yo gusetsa no gususurutsa abantu. Akigera ku rubyiniro, bamwe mu bari…

Soma inkuru yose

Kivumbi King na Mike Kayihura bagiye kumurikira abakunzi babo EP nshya bise Installation

Abahanzi babiri b’abanyempano barimo Kivumbi King na Mike Kayihura bateguye igitaramo cy’amateka kizabera muri Kigali Universe ku itariki ya 13 Ukuboza 2025, aho bazumvisha abakunzi b’umuziki wabo indirimbo ziri kuri EP yabo nshya yise ‘Installation’. Ni igitaramo gitegerejwe n’abatari bake, cyane ko ari nyuma y’uko aba bahanzi bombi bagaragaje ubuhanga budasanzwe mu guhuriza hamwe injyana…

Soma inkuru yose

Prince Kiiz yifatanyije na La Reïna:Ibyo utari uzi ku EP ya mbere ya La Reïna

Umuhanzikazi Uwimanzi Oda Martine, uzwi mu muziki nka La Reïna, ari mu myiteguro yo gusohora EP ye ya mbere yise “1”, igikorwa kigaragaza intambwe ikomeye mu rugendo rwe rw’umuziki. Iyi EP igizwe n’indirimbo esheshatu zirimo Désolé, Nzaba Mpari, Mama, Tell Me, ndetse na Promise yakoranye n’umunyamuziki Prince Kiiiz. Biteganyijwe ko izajya hanze ku wa Gatanu,…

Soma inkuru yose

JEAN PIERRE KAGABO YASEZEYE MURI RBA NYUMA Y’IMYAKA 22 AKORA ITANGAZAMAKURU

Jean Pierre Kagabo, umwe mu banyamakuru bakurikiranwaga cyane muri Rwanda Broadcasting Agency (RBA), yasoje urugendo rwe rw’imyaka 22 muri iki kigo nyuma y’akazi gakomeye kagaragayemo ubwitange, ubunyamwuga ndetse n’ubutabera bw’amakuru yo kuvugira baturage. Kagabo yatangiye urugendo rwe mu itangazamakuru mu mwaka wa 2003, agitangira kwiga muri kaminuza. Yatangiriye kuri radiyo z’abaturage, aho yatangiriye kuri RC…

Soma inkuru yose

ABAHANZI NYARWANDA BARI GUHIRWA NUKWEZI KWA 11 KUBERA IBITARAMO

Ukwezi kwa 11 kwa 2025 kuzaba igihe cy’intsinzi n’ibyishimo ku bahanzi nyarwanda batandukanye, aho ibikorwa byabo by’ubuhanzi n’ubusabane byongeye kwerekana ko umuziki nyarwanda uri ku rugero rwo hejuru kandi ugenda utera imbere umunsi ku wundi.Mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 3 Ugushyingo 2025, umuramyi Richard Nick Ngendahayo yageze i Kigali nyuma y’imyaka 17 ataratera…

Soma inkuru yose