“Umuntu uzongera kunyandagaza ndi ku rubyiniro nzamukubita”Winnie Nwangi

Umuhanzikazi Winnie Nwangi wo muri Uganda umaze kubaka izina mu muziki muri Africa cyane cyane muri Uganda yakubise urushyi umufana mugitaramo cyabereye i Ntungamo. Abantu bennshi cyane cyane abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kunenga uyu muhanzi kubwo gukubita umufana bavuga ko yitwaye nabi,nubwo uyu muhanzi akomeje kwihagararaho ko ari mukuri,kandi ibi si ubwa mbere bibaye kuko…

Soma inkuru yose

Icyatumye Annet Murava asohorwa mu rubanza rw’umugabo we Bishop Gafaranga

Umuriririmbyi w’indirimbo zo Guhimbaza Imana akaba n’umugore wa Bishop Gafaranga Annet Murava yasohowe mu rubanza ubwo yari yitabiriye urubanza rw’ubujurire bwe. Uyu munsi nibwo Bishop Gafaranga yaburanye ku bujurire bwe ku minsi 30 yagateganyo yakatiwe ubwo Yagezwaga ku rukiko rwisumbuye rwa Gasabo umugore we Annet Murava nawe yahise ahagera yinjira mu cyumba cyiburanisha, hamaze umwanya…

Soma inkuru yose

Bishop Gafaranga agiye kuburana ku bujurire

Uyu munsi kuwa 07/07/2025 Bishop Gafaranga agiye kuburana ku bujurire yatanze nyuma yo gukatirwa iminsi 30 y’agateganyo, Kuwa 23 gicurasi nibwo Urukiko rw’ibanze rwa Nyamata mu karere ka Bugesera rwakatiye Habiyaremye z uzwi kwizina rya Bishop Gafaranga iminsi 30 y’agateganyo agahita ajya gufungirwa i ririma mu gihe ategereje kuburana mu mizi urubanza aregwamo n’umugore we…

Soma inkuru yose

i Rubavu Abajura baguze ama Tike ahenze kugira ngo bacucure abo bicaranye

Birabaje kuba ugiye kwirira ubuzima ukaza kwibwa Telephone yawe cg ishakoshi,bimwe mu bizungerezi byitabiriye ibitaramo biri kubera i Rubavu muri ibi bihe by’ibiruhuko biri kurira ayo kwarika kubwo kubwa ibyabo nabajura bishiminaga. Police y’uRwanda yataye muri yombi abacyekwa gukoa ubujura muri ibi bitaramo,bakorweho iperereza bahanwe,Police ikomeje kwihanangiriza abakora ibyaha birimo ubujura ko babihagarika kuko batazihanganirwa….

Soma inkuru yose

Ibyaranze ubukwe bwa Vestine na Idriss

Kuri uyu wa gatandatu Ishimwe vestine yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Idriss wo muri Burukina faso ubukwe bwa Ishimwe vestine bwitabiriwe n’ibyamare bitandukanye haba mu muziki cinema n’abandi benshi higanjemo abakire,inshuti ze za hafi abo mumuryango we abo mumuryango wa Irene Murindahabi nabandi benshi cyane ndetse harimo nabatatumiwe bitewe namakuru bari bafite yuko ubukwe buribube…

Soma inkuru yose

QD yatanze ibyishimo mu gitaramo cya Iwacu muzika cyabereye i Musanze

Umuhanzi QD uherutse kongerwa mu bazataramira abitabiriye igitaramo cya iwacu muzika i Musanze yishimiwe bitunguranye ubwo yarageze ku rubyiniro nabafana be cyane cyane abakobwa n’abagore ubwo yaririmbaga indirimbo Apana yakoranye na Zeo yakoresheje imbaraga nyinshi cyane ndetse ubona ko nawe yari yishimiye kujya imbere yabakunzi be Uyu muhanzi uri mubatanga ikizere ko umuziki we ushobora…

Soma inkuru yose

Umuhanzi Alto yagiranye amasezerano na Roots investment Group nk’umushoramari mu muziki we

Amakuru yizewe Mavete.com ifite nuko umuhanzi Alto yamaze gusinyana amasezerano na Roots Investment Group ikora ikinyobwa cya BE ONE GIN yo kwamamaza iki kinyobwa ndetse iyi company ikaba yabaye umushoramari mu muziki we mugihe kimyaka 3 gishobora no kongerwa Arto yatangarije Mavete.com ko aya makuru ari ukuri yagize ati; erega nubundi tumaranye igihe kandi dusanzwe…

Soma inkuru yose

Ikinyarwanda cyinshi muri comment za Lugumi said

Ikinyarwanda kinshi muri comments za Lugumi said umukunzi wa Mutesi Jolly. Abanyarwanda benshi cyane abakoresha imbuga nkoranya mbaga bagiye bereka urukundo umunyemari Lugumi said. Uyu munyemari yashize iphoto ye kurubuga rwe rwa Instagram ayiherecyeza indirimbo ivuga ngo muraho abanyarwanda benshi bamuha ikaze muri comments bakoresha ikinyarwanda Bamwe bati Uzatware Mutesi Jolly mwibanire imyaka yose usigaje…

Soma inkuru yose