Iyo nzira ica iwanyu? “Yolo the Queen asubiza umufana”

Umugore Yolo the queen umenyerewe mu myidagaduro yaganirije abamukurikira atanga rugari kubifuza kumubaza ibibazo bashaka akagenda abasubiza binyuze mubutumwa bugufi chat hanyuma akabisangiza abamukurikira. Umwe mu bafana be yamubwiye kuyoboka inzira y’ubugingo akava mu byaha yagize ati Va mu byaha ukizwe kuko inzira y’umunyabyaha ari urupfu ariko inzira y’umukiranutsi n’ubugingo buhoraho. Yolo the queen nta…

Soma inkuru yose

The Ben yarijije abakobwa mu gitaramo cya Giants of Africa

Ubwo umuhanzi Mugisha Benjamin yageraga ku rubyiniro abenshi biganjemo igitsinagore bahagurutse bamwakirana urugwiro n’amarangamutima menshi kuburyo hari nabasutse amarira kubera urukundo bakunda uyu muhanzi The Ben,mbere yo kuririmba iyi aheruka gushyira hanze, yahamagaye abasore n’inkumi bumva batewe ishema n’imibiri yabo, baza kuyiririmba no kuyibyinana na we ku, Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben ni we…

Soma inkuru yose

Ubu ndi guhumeka umwuka w’iNyarugenge”Burikantu yafunguwe”

Akanyamuneza nikose kubakunzi n’inshuti abavandimwe ba Mwitende Abdl uzwi nka Burikantu nyuma yuko yari amaze iminsi 4 afunzwe, uyu musore yari akurikiranweho gufungirana abakobwa munzu bari bamusuye ngo abafashe Uko batangira gukora ibiganiro bya Social media. Uyu munsi kuwa 25 Nyakanga nibwo Burikantu yafunguwe kuko umukobwa wari wamureze yanditse avuga ko ibyabaye nta kibazo abifiteho….

Soma inkuru yose

Marina yongeye kurikoroza ku mashusho yashyize hanze agaragaza imiterere ye

Abantu benshi bacitse ururondogoro bavuga ku mashusho Marina yasangije abamukurikira agaragaza imiterere ye,namashusho marina yafatiye mu cyumba cye agaragaza ikariso ndetse anakurura umushumi wikariso kugira ngo yerekane uko ateye. Muri ayo mashusho haraho akurura isutiye ashaka kugaragaza mugituza cye,namashusho atavugwaho rumwe kubakoresha imbuga nkoranyambaga, bamwe bashima ko ateye neza abandi bamugaya ko yataye umuco ndetse…

Soma inkuru yose

Tumwe mu dushya twaranze igitaramo cya Iwacu muzika cyabereye i Nyagatare

Kuruyu wa 19 nyakanga 2025 mu karere ka Nyagatare habereye igitaramo cya iwacu muzika,nigitaramo kitabiwe n’ibihumbi byinshi byiganjemo urubyiruko rutuye hirya no hino muturere two mu ntara Y’uburasirazuba. Abanyarwenya barimo Kanyombya,Burikantu na Buringuni bari mukoze udushya twanyuze abafana babo cyane cyane cyane mumihanda bagenda berekeza aho igitaramo kirimo kubera,banyuzagamo,ubwo bageraga muri aka karere bakiwe bikomeye…

Soma inkuru yose

Muri Hotel Batugaburiye imbuto ziriho ibimonyo “miss Naomie”

Rurageretse hagati y’itsinda ribarizwamo miss Naomie na hotel ya chateaul la malala iherereye ku kibuye izwi mu mahotel akomeye hano mu Rwanda ari naho hafatiwe amashusho y’indirimbo ya Bruce merodie na Element yitwa Fou de toi,barinubira servisi bahawe bati;Imbuto twahawe zariho ibimonyo,ibiryo twahawe byari bitetse nabi ndetse bicicriritse muri macye bihabanye n’amafaranga twishyuye, amata twahawe…

Soma inkuru yose

“Umuntu uzongera kunyandagaza ndi ku rubyiniro nzamukubita”Winnie Nwangi

Umuhanzikazi Winnie Nwangi wo muri Uganda umaze kubaka izina mu muziki muri Africa cyane cyane muri Uganda yakubise urushyi umufana mugitaramo cyabereye i Ntungamo. Abantu bennshi cyane cyane abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kunenga uyu muhanzi kubwo gukubita umufana bavuga ko yitwaye nabi,nubwo uyu muhanzi akomeje kwihagararaho ko ari mukuri,kandi ibi si ubwa mbere bibaye kuko…

Soma inkuru yose

Icyatumye Annet Murava asohorwa mu rubanza rw’umugabo we Bishop Gafaranga

Umuriririmbyi w’indirimbo zo Guhimbaza Imana akaba n’umugore wa Bishop Gafaranga Annet Murava yasohowe mu rubanza ubwo yari yitabiriye urubanza rw’ubujurire bwe. Uyu munsi nibwo Bishop Gafaranga yaburanye ku bujurire bwe ku minsi 30 yagateganyo yakatiwe ubwo Yagezwaga ku rukiko rwisumbuye rwa Gasabo umugore we Annet Murava nawe yahise ahagera yinjira mu cyumba cyiburanisha, hamaze umwanya…

Soma inkuru yose

Bishop Gafaranga agiye kuburana ku bujurire

Uyu munsi kuwa 07/07/2025 Bishop Gafaranga agiye kuburana ku bujurire yatanze nyuma yo gukatirwa iminsi 30 y’agateganyo, Kuwa 23 gicurasi nibwo Urukiko rw’ibanze rwa Nyamata mu karere ka Bugesera rwakatiye Habiyaremye z uzwi kwizina rya Bishop Gafaranga iminsi 30 y’agateganyo agahita ajya gufungirwa i ririma mu gihe ategereje kuburana mu mizi urubanza aregwamo n’umugore we…

Soma inkuru yose

i Rubavu Abajura baguze ama Tike ahenze kugira ngo bacucure abo bicaranye

Birabaje kuba ugiye kwirira ubuzima ukaza kwibwa Telephone yawe cg ishakoshi,bimwe mu bizungerezi byitabiriye ibitaramo biri kubera i Rubavu muri ibi bihe by’ibiruhuko biri kurira ayo kwarika kubwo kubwa ibyabo nabajura bishiminaga. Police y’uRwanda yataye muri yombi abacyekwa gukoa ubujura muri ibi bitaramo,bakorweho iperereza bahanwe,Police ikomeje kwihanangiriza abakora ibyaha birimo ubujura ko babihagarika kuko batazihanganirwa….

Soma inkuru yose