Kabaye Daaaa… Bisubiwemo! APR FC yegukanye amanota i Muhanga, Police FC ikomeza kuyobora Shampiyona

Umunsi wa 13 wa Rwanda Premier League waranzwe n’imikino ishimishije, ibitego byinshi n’impinduka ku rutonde rw’agateganyo, aho amakipe akomeye yakomeje guhatanira imyanya ya mbere. Ku kibuga cya AS Muhanga, APR FC yagaragaje ubunararibonye bwayo itsinda AS Muhanga ibitego 2-1, iyi kipe y’Ingabo ikomeza kuguma mu makipe akurikirana hafi umwanya wa mbere ubu ikaba isoje iri…

Soma inkuru yose

Perezida wa FIFA Gianni Infantino kunshuro ye yambere yitabiriye umukino wa Rwanda Premier League

Kuri uyu wa Gatanu guhera saa cyenda z’Igicamunsi, Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, ari kumwe na Shema Fabrice ushinzwe Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ndetse na Mukazayire Nelly wari uhagarariye Minisiteri ya Siporo, bitabiriye umukino w’umunsi wa 13 wa Rwanda Premier League wahuje Gasogi United na AS Kigali kuri Stade ya Kigali Pelé. Uyu…

Soma inkuru yose

Ese Rayon sports yaba igiye gukemura ikibazo yari ifite kubakinnyi bo hagati?

Umukinnyi mpuzamahanga w’Umurundi Faustin Likua Kitoko Pizzalo, wamamaye mu ikipe ya Flambeau du Centre, yamaze kugera mu Mujyi wa Kigali ku munsi w’ejo, aho yaje kurangizanya ibiganiro n’ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports FC. Amakuru yizewe agera ku Kinyamakuru cyacu avuga ko uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati yugarira (defensive midfielder) ari mu biganiro bya nyuma…

Soma inkuru yose

Umutoza mushya wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yageze i Kigali

Umutoza mushya wa Rayon Sports FC, Bruno Ferry, yageze i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, aho yakiriwe ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali i Kanombe. Akimara kugera mu Rwanda, uyu mutoza w’Umufaransa ufite imyaka 58 yatangaje ko yishimiye amahirwe yo gutoza imwe mu makipe akomeye kandi akunzwe mu gihugu, ashimangira ko aje…

Soma inkuru yose

Kiyovu Sports yerekanye ko itagomba gusuzugurwa: itsinda Al Hilal SC mu minota ya nyuma

Ikipe ya Kiyovu Sports yatsinze Al Hilal SC ibitego 2-1 mu mukino wa shampiyona wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, umukino waranzwe n’ishyaka rikomeye, guhangana kudasanzwe ndetse n’ibitego byiza byishimiwe cyane n’abafana b’Ikipe y’Urucaca. Umukino watangiye Al Hilal SC ifite imbaraga, ishaka gutsinda hakiri kare. Ku munota wa 15 gusa, myugariro ukomoka muri Sénégal, Ousmane Diouf,…

Soma inkuru yose

Gicumbi FC yihagazeho itsinda Marine FC mu mukino wari ukomeye cyane

Mu mukino w’umunsi wa12 wa shampiyona wabereye kigali pele stadium ku isaha ya saa 15:00, ikipe ya Gicumbi FC yitwaye neza itsinda Marine FC igitego 1-0, mu mukino waranzwe n’ishyaka, guhangana gukomeye n’ubunyamwuga ku mpande zombi. Abafana bari bitabiriye uyu mukino babonye umukino uryoheye ijisho, urimo amahirwe menshi ariko ugasozwa n’intsinzi y’abakiriye umukino. Ku munota…

Soma inkuru yose

Rayon Sports yeretse umuryango rutahizamu w’Umunya-Misiri Ali Ismael Ahmed Sayed

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gufata umwanzuro wo kudahereza amasezerano rutahizamu w’Umunya-Misiri Ali Ismael Ahmed Sayed, wari umaze iminsi akorera igeragezwa (test) muri iyi kipe ikunzwe n’abafana benshi mu Rwanda. Nyuma yo gusuzuma urwego rwe mu myitozo n’uko yitwaye mu bihe bitandukanye by’igeragezwa, ubuyobozi n’abatoza ba Rayon Sports basanze atujuje ibisabwa kugira ngo agume muri…

Soma inkuru yose

Abakeba barahinda umushyitsi! MURERA yazanye Umunya-Misiri na Rutahizamu w’Umunya-Uganda

Ikipe ya Rayon Sports (MURERA) yiteguye kwinjira mu mwaka w’imikino iri gutanga ubutumwa bukomeye ku bahanganye na yo, aho bigaragara ko uyu mwaka ushobora kuba mahwi ukanaba mubi ku makipe menshi bizahura. Nyuma yo gukomeza kwiyubaka ku rwego rw’ubuyobozi n’abakinnyi, MURERA noneho yatangiye no gutunganya neza urwego rw’ubutoza, ibintu byakunze kuyigora mu bihe byashize. Amakuru…

Soma inkuru yose