Hadatunzwe itoroshi mu itangazamakuru rya sport imizinga yazabyara imyibano
Umunyamakuru wa siporo ukorera Rwanda Broadcasting Agency (RBA), Rugaju Reagan, yatangaje ko umubano we n’uwahoze ari mugenzi we Musangamfura Christian Lorenzo wamaze kugera ku ndunduro, ashimangira ko hari amakuru menshi amuziho ariko atarigeze ajya ahagaragara. Aba bombi bahoze bakorana muri Radio Rwanda, mbere y’uko Lorenzo ahava nyuma y’aho habaye umwuka mubi hagati yabo mu 2025,…
