Abagura amatelefone yakoreshejwe ya second hand baratabaza nyuma yo guhura n’ubwambuzi n’uburiganya

Bamwe mu baturage bagura amatelefone bita “occasion” bakomeje gutabaza nyuma yo kugura ibyo bikoresho bigapfa mu gihe gito cyangwa bakaza kwitaba inzego z’umutekano bashinjwa ko baguze ibijurano. Ibi bibazo byongeye kugaragara mu gihe ubuyobozi bushishikariza abaturage kugurira ibikoresho by’ikoranabuhanga mu bacuruzi bemewe cyangwa mu makoperative yanditse . Abenshi muri abo baguzi bavuga ko bagorwa no…

Soma inkuru yose

Double Jay na Kirikou Akili b’i Burundi bagiye gususurutsa i Kigali mu gitaramo ‘Harmony Africa Pulse Concert’

Abahanzi b’ibyamamare bakomoka mu Burundi, Double Jay na Kirikou Akili, bagiye guhurira n’abaririmba b’imbere mu gihugu cy’u Rwanda mu gitaramo cyitezweho kwerekana uburyo umuziki w’Afurika y’Uburasirazuba ukomeje gutera imbere. Iki gitaramo cyiswe “Harmony Africa Pulse Concert” kizabera muri Kigali Universe ku wa Gatandatu, tariki ya 8 Ugushyingo 2025, kikazaba ari kimwe mu bitaramo bikomeye biteganyijwe…

Soma inkuru yose

REMA yakusanyije toni ziyingayinga toni 6 z’ibinyabutabire bishaje mu mashuri yo mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije (REMA) cyatangaje ko kugezahagati mukwezi kwa Nyakanga 2025 cyamaze kuvana mu mashuri y’u Rwanda ibinyabutabire bitagikoreshwa biyinga yinga toni 6 byari bibitswe muri laboratwari 109, bikaba byari mu byashyiraga mu kaga ubuzima bw’abanyeshuri n’abakozi b’ayo mashuri aho bamwe bendaga no kuhaburira ubuzima ariko imana igakinga ukuboko gusa bikaba byose byarakusanyijwe…

Soma inkuru yose

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yaganiriye n’Ambasaderi w’u Bufaransa mumushinga ukomeye hagati y’ibihugu byombi

Muruyu mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu taliki 22 ukwakira2025, Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye ikaze mu biro bye Madamu Aurélie Royet-Gounin, Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda, kugirango baganire ibiganiro bigamije gukurura no gushimangira umubano n’ubufatanye hagati y’u Rwanda n’u Bufaransa mu nzego zitandukanye . Ibiganiro byabo byavuze cyane cyane ku gushimangira amahirwe ari mu…

Soma inkuru yose

U Rwanda rwiteguye kwakira inama ya 46 ya Francophonie igiye kwibanda ku ruhare rw’abagore nyuma y’imyaka 30 ya Beijing

U Rwanda Vubaha Rurakira inama ya 46 izahuriza hamwe Abaminisitiri bo mu Muryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (Francophonie), izwi nka #CMF46, muri Kigali kuva ku itariki ya 19 kugeza ku ya 20 Ugushyingo 2025. Iyi nama izaba ifite insanganyamatsiko igira iti “Imyaka 30 nyuma ya Beijing; uruhare rw’abagore nabakobwa muri Francophonie”, aho izibanda ku gusuzuma aho…

Soma inkuru yose

Kigali: Ibiciro by’ibirayi hirya no hino byabaye agateranzambe aho biri kurya umugabo bigasiba undi.

Mu gihe ubuzima bwo mu mujyi wa Kigali busanzwe bumenyereweho ibiciro bihanitse, ubu ho ibintu byarenze urugero. ubu noneho biravugwa ko ibiciro by’ibirayi byazamutse ku rwego rutari rusanzwe, aho ikilo kimwe kigeze kumafaranga 2000 Frw mubice bimwe na bimwe na ma supermarket, mu gihe mu mezi make ashize cyaguraga hagati ya 700 na 1200 Frw….

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yongereye imbaraga mu Nteko Ishinga Amategeko: Hashyizweho Abasenateri bashya barenga batatu mumyanya.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Nyakubahwa Paul Kagame, yashyizeho Abasenateri bashya bane baje basanga abandi mu myanya nk’uko biteganywa n’Ingingo ya 80 igize Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda mugitabo cyamategeko . Abo ni Prof. Dusingizemungu Jean Pierre, Uwizeyimana Evode, Dr. Uwamariya Valentine na Gasana Alfred. Iyi myanzuro ije mu rwego rwo gukomeza kubaka inzego…

Soma inkuru yose

RIB yafashe uwiyitaga umuprofeti arashinjwa kwambura abaturage abizeza ibitangaza

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda, rwataye muri yombi Bucyanayandi Emmanuel, wiyitaga umuvugabutumwa, ukurikiranyweho gukoresha inyigisho z’ubuhanuzi mu buryo bw’uburiganya agamije kwambura abaturage amafaranga kubatari kumusobanukirwa niwe wagaragaye kumashusho avvuga ko nukora mmummufuka ibyo ukurammo yaba contake,ammafaranga imana iragukubira 5. Uyu mugabo yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga kandi atanga ubuhanuzi avuga ko…

Soma inkuru yose

Kicukiro: Abanyeshuri batatu b’abanyamahanga muri UNILAK mu maboko ya Polisi nyuma yo gukubita abamotari

Mu masaha yo ku mugoroba wo ku wa 20 Ukwakira 2025, mu Kagari ka Nyarurama, Umurenge wa Gatenga, hatangajwe itabwa muri yombi ry’abanyeshuri batatu b’abanyamahanga biga muri Kaminuza ya UNILAK bakekwaho gukubita no gukomeretsa abamotari babiri bari bahagaritse moto hafi y’amacumbi yabo. Amakuru y’iperereza yemeza ko amakimbirane yatangiye ku kutumvikana ku kwishyura nyuma yo gutwara…

Soma inkuru yose

RIB yerekanye ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge muri ‘Operasiyo USALAMA XI’

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ku bufatanye n’izindi nzego zirimo Polisi y’u Rwanda, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA), Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuziranenge (RSB), Ikigo gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RICA) ndetse n’Umujyi wa Kigali, rweretse itangazamakuru ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge bifite agaciro karenga miliyoni 106 Frw byafatiwe mu gikorwa cyiswe “Operasiyo USALAMA XI.” Iyi Operasiyo ngarukamwaka…

Soma inkuru yose