Gicumbi FC yihagazeho itsinda Marine FC mu mukino wari ukomeye cyane
Mu mukino w’umunsi wa12 wa shampiyona wabereye kigali pele stadium ku isaha ya saa 15:00, ikipe ya Gicumbi FC yitwaye neza itsinda Marine FC igitego 1-0, mu mukino waranzwe n’ishyaka, guhangana gukomeye n’ubunyamwuga ku mpande zombi. Abafana bari bitabiriye uyu mukino babonye umukino uryoheye ijisho, urimo amahirwe menshi ariko ugasozwa n’intsinzi y’abakiriye umukino. Ku munota…
