Ese Amavubi azakomeza kwandika amateka mashya? : Zimbabwe vs Rwanda: Umukino w’Intambara yo Kwerekeza ku Nzozi z’Igikombe cy’Isi #FIFAWCQ2025

Johannesburg, Afurika y’Epfo – Orlando Pirates Stadium i Johannesburg irakira uyu munsi umukino ukomeye hagati ya Zimbabwe Warriors na Amavubi y’u Rwanda, mu rwego rw’imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2025 (#FIFAWCQ2025). Umukino utangira saa cyenda z’amanywa (3PM), utegerejwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru bo mu karere no muri Afurika yose. Amavubi y’u Rwanda ari mu…

Soma inkuru yose

Amahugurwa y’Abatoza b’Abakomanda b’Amatsinda y’Ingabo mu bikorwa byo Kubungabunga Amahoro yatangiye i Musanze

Amahugurwa yiswe “Battle Group Commanders’ Training of Trainers in Peace Support Operations” yatangiye kuri uyu wa Mbere muri Rwanda Peace Academy iherereye mu Karere ka Musanze. Aya mahugurwa yateguwe ku bufatanye bwa Rwanda Peace Academy, Eastern African Standby Force (EASF) Secretariat hamwe na African Peace and Security Architecture (APSA), kandi azamara igihe cy’ibyumweru bibiri, uhereye…

Soma inkuru yose

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva Justin Yasuye Shema Power Plant n’Icyambu gishya cya Rubavu

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Nsengiyumva Justin, yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe mu Karere ka Rubavu, aho yasuzumye ibikorwa by’ingenzi bigamije iterambere ry’igihugu n’akarere muri rusange. Muri uru ruzinduko, Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rw’amashanyarazi rwa Shema Power Plant, uruganda rutunganya amashanyarazi rubikesha gazi metane yo mu Kiyaga cya Kivu. Uru ruganda rufatwa nk’urufite akamaro kanini…

Soma inkuru yose

Kigali yakiriye Amahugurwa Mpuzamahanga ku Mutekano w’Ikoranabuhanga n’Iterabwoba ryo kuri Murandasi.

Kigali, ku wa 8 Nzeri 2025 – Amahugurwa y’ubumenyi ku mutekano w’ikoranabuhanga (Cybersecurity) n’iterabwoba rikoreshwa ikoranabuhanga (Cyber Terrorism Awareness Workshop) yatangiye kuri uyu wa Mbere mu Mujyi wa Kigali, akaba ari kubera kuri Kigali Paramount Hotel, aho azamara iminsi itanu, kuva tariki ya 8 kugeza ku ya 12 Nzeri 2025. Iri huriro ryateguwe ku bufatanye…

Soma inkuru yose

YouTube Channel ya Gogo Yateje Impagarara mu Muryango

Aha ni nyuma Y’urupfu rwa Gogo, wari umuhanzi kazi ukunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga, rwashenguye benshi mu nshuti, abavandimwe ndetse n’abamukurikiranaga kuri YouTube. Ariko kandi, nyuma y’urupfu rwe, hashize iminsi micye, habaye impagarara zikomeye hagati y’abagize umuryango we n’abakunzi be ku bijyanye n’uyu muyoboro wa YouTube. Incuti ndetse n’abavandimwe ba hafi ba nyakwigendera batangaje ko…

Soma inkuru yose

Ese ibi bintu biramugwa amahoro?

Urwego rw’Igihugu  rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi umusore witwa Ndagijimana Straton ni  nyuma yo gufatirwa mu bikorwa byo kwiyitirira inzego z’umutekano abinyujije ku mbuga nkoranyambaga. Uyu musore yafashwe amaze gushyira ku rubuga rwa TikTok amafoto yambaye impuzankano isa n’iy’Urwego rw’Ubugenzacyaha, ibintu byateje urujijo no gushidikanya ku baturage. Nk’uko amakuru yagiye hanze abivuga, Straton…

Soma inkuru yose

Ibyaranze ibirori bya Bwiza

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 9 Kanama 2025, Kigali Universe yabaye urwibutso rw’akataraboneka mu birori bya “Bwiza Gala Night”, aho umuhanzikazi w’icyamamare Bwiza Emerance yizihije isabukuru ye y’imyaka 26 ndetse n’imyaka ine amaze mu muziki.Iki gitaramo cyari cyuzuyemo ibyishimo, impano, ndetse n’ibyamamare bitandukanye byatambutse ku itapi itukura, byerekana ko uyu muhanzikazi amaze…

Soma inkuru yose

The Ben yarijije abakobwa mu gitaramo cya Giants of Africa

Ubwo umuhanzi Mugisha Benjamin yageraga ku rubyiniro abenshi biganjemo igitsinagore bahagurutse bamwakirana urugwiro n’amarangamutima menshi kuburyo hari nabasutse amarira kubera urukundo bakunda uyu muhanzi The Ben,mbere yo kuririmba iyi aheruka gushyira hanze, yahamagaye abasore n’inkumi bumva batewe ishema n’imibiri yabo, baza kuyiririmba no kuyibyinana na we ku, Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben ni we…

Soma inkuru yose

Kamonyi;Yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana we

Umugabo wimyaka 42 yatawe muri yombi arakekwaho gusambanya umwana we yibyariye’uwo mwana afite imyaka 9 y’amavuko. Kuruyu wa 26 Nyakanga 2025 mu karere ka Kamonyi umurenge wa Nyamiyaga akagali ka Kidahwe umudugudu wa Rugwiro umugabo wimyaka 42 akurikiranweho gusambanya umwana we yimyariye wimyaka 9,amakuru mavete.com ifite nuko uwabonye uyu mugabo amusambanya yapfukaga umunwa ngo uyu…

Soma inkuru yose

Ihererekanyabubasha kuri Minisitiri mushya

Umuhango wabaye ku wa 25 Nyakanga 2025, witabirwa n’abaminisitiri batandukanye barimo uw’Imari n’Igenamigambi, uw’Ibikorwaremezo, uw’Ubutabera na Minisitiri mu Biro bya Minisitiri w’Intebe. Minisitiri Dr. Justin Nsengiyumva, yashimiye Perezida Kagame wamuhaye inshingano zo kumufasha kugeza ku Banyarwanda gahunda n’ibyiza yabemereye cyane cyane mu gushyira mu bikorwa gahunda y’Igihugu yo kwihutisha iterambere. Ati “Mu Banyarwanda barenga miliyoni…

Soma inkuru yose