ARVs zirakiza cyangwa zirarinda? Ukuri kuri SIDA benshi batinya kuvuga

Mu gihe benshi batekereza ko iterambere ry’ubuvuzi ryabaye iry’ikirenga, indwara ya SIDA igikomeje kuba ikibazo gikomeye ku isi yose. Nubwo virusi itera SIDA (VIH) yamamaye mu myaka ya za 1980, kugeza ubu nta muti uvura burundu iyi ndwara uraboneka. Imiti ihari ubu izwi nka ARVs (imiti igabanya ubukana) ifasha uwanduye kugumana ubuzima buzira umuze igihe…

Soma inkuru yose

Impunzi z’Abarundi muri Tanzania Zihangayikishijwe no Gusubizwa Iwabo ku Gahato

Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi za Nduta na Nyarugusu muri Tanzania zigaragaza impungenge ko zishobora gusubizwa iwabo ku gahato, mu gihe bamwe muri zo bavuga ko aho zasize mu Burundi hakiri ibibazo by’umutekano n’imibereho. Izi mpungenge zigaragarira cyane mu bikorwa bimaze iminsi bikorwa n’ubuyobozi bw’inkambi, aho amashuri abana bigagamo yafunzwe, kimwe n’insengero bajyaga gusengeramo. Abaturage…

Soma inkuru yose

Kigali: Abapangayi Baratabaza Basaba Ko Ijwi Ryabo Ryumvwa

Mu gihe ubuzima mu Mujyi wa Kigali bugenda burushaho guhenda, bamwe mu baturage bacumbitse barinubira uburyo ababacumbikiye bazamura ubukode uko bishakiye, nyamara amazu yabo adafite impinduka cyangwa cyangwa hari ibyavuguruwe. Abapangayi bavuga ko ibi bikorwa birimo akarengane kuko ntibibaha umwanya wo gutegura cyangwa kuganira ku giciro, ahubwo bisigaye bikorwa nko kubategeka kwishyura ayo babifuzamo cyangwa…

Soma inkuru yose

RIB Irasaba Abagana Banki Kwitwararika: Amayeri Mashya y’Abatekamutwe Yagaragaye

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruratangaza ko hari uburyo bushya bw’ubutekamutwe bukorerwa mu mazu ya banki n’ahavunjirizwaga amafaranga, bukomeje kugusha mu mutego bamwe mu baturage. Ni nyuma yo gufata itsinda ry’abantu batatu bamaze iminsi bakora ubu bujura, barimo Nkurunziza John, Dushimiyimana Emmanuel na Gatongore Issa. RIB kandi yasobanuye uko aba batekamutwe bakora ati”Aba bantu bajya muri banki…

Soma inkuru yose

Ishanga (waist chains) Nkikimenyetso cy’ubusugi n’isuku: Menya byinshi utaruzi

Amasaro y’uruhago, azwi mu Kinyarwanda nk’ishanga, ni umurimbo umaze imyaka myinshi ukundwa mu Rwanda no mu bindi bihugu byinshi bya Afurika. Aya masaro akorwa mu mabara atandukanye kandi agashyirwa ku nda cyangwa ku muhogo w’uruhago, akagaragaza ubwiza, uburanga n’igikundiro cy’umukobwa cyangwa umugore. Mu Rwanda rwo hambere, ishanga ryambarwaga mu mihango n’ibirori bikomeye, rikaba n’ikirango cy’ubwubahane…

Soma inkuru yose

Nyiramajyambere Esperance Umwana Wabega Wumvikana Avuga Amafaranga y’Icyuzi y’itabye IMANA

None Tariki 01.10.2025 Nibwo Hatangiye kumvikana Inkuru itarinziza mu Itangazamakuru ry’Ahano mu Rwanda no Kumbuga Nkoranyambaga Ivuga ko Umubyeyi Ugaragara Mumashusho Avuga ko Bangomba kubishyura Amafaranga y’Icyuzi ko bayakobocyeye y’itabye IMANA Amakuru Ducyesha Umuyoboro wa YouTube witwa MAXI TV Munkuru yakozwe n’Umunyakuru Cassien Pizzo Avuga ko Uyu Nyiramajyambere Esperance Umwana Wabega Hashize Imyaka Ijyera Muri…

Soma inkuru yose

Amagambo akomeye ya Ambasaderi Dr.Olivier Nduhungirehe ku bacanshuro

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Dr.Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rutazongera kwihanganira kwemerera guha inzira abacanshuro boherezwa gufasha Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) mu ntambara ikomeje hagati y’ingabo zayo n’umutwe wa M23. Ibi yabivuze mu gihe hakomeje kuvugwa ko ubutegetsi bwa Kinshasa bukomeje gukoresha abacanshuro baturuka mu bindi bihugu, ariko iyo batsinzwe bagasaba…

Soma inkuru yose

Gasabo: Urukiko rw’Ibanze rwanzuye gufunga by’agateganyo Kalisa Adolphe

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rufashe icyemezo cyatumye Kalisa Adolphe, wahoze ari Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, afungwa by’agateganyo iminsi 30 mu gihe iperereza ku byaha ashinjwa rikomeje. Ni urubanza rwari rutegewe amaso na benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru ndetse n’abakurikiranira hafi imiyoborere y’amashyirahamwe y’imikino mu Rwanda. Kalisa, uzwi cyane mu ruhando rw’imikino nka“Camarade”, yigeze kugira ijambo…

Soma inkuru yose

U Rwanda rwabaye ikirangirire: Ifoto imwe ya Perezida Kagame iravuga byose

Mu gihe Isi yose yari ihanze amaso ku mikino ya UCI Road World Championships 2025 yabereye i Kigali kuva ku wa 21 kugeza ku wa 28 Nzeri, hari ikibazo cyakunze kugarukwaho: Ni gute igihugu gito cyo muri Afurika cyabashije kwakira irushanwa rikomeye ku rwego rw’Isi? Abantu benshi bashobora guhanahana ibisobanuro byinshi, ariko hari igisubizo kimwe…

Soma inkuru yose

Tadej Pogačar yanditse amateka i Kigali, atwara igikombe cy’Isi mu magare

Kigali, Nzeri 28, 2025 — Mu gihe cy’iminsi irindwi u Rwanda rwari ruri mu isura nshya, rutambukirijwe n’ibendera ry’amagare, ubwo rwakiraga bwa mbere mu mateka y’Afurika Shampiyona y’Isi mu gusiganwa ku magare (UCI Road World Championships). Kuva ku itariki ya 21 kugeza ku ya 28 Nzeri, imihanda y’i Kigali n’uturere tuyegereye yahindutse ibirindiro by’amateka, ikurura…

Soma inkuru yose