Fb the One: Impano nshya ivuka i Rusizi yiteguye guhindura muzika nyarwanda

Frank Baraka uzwi ku izina ry’ubuhanzi Fb the One, ni umuhanzi mushya uvuka mu Karere ka Rusizi, ufite intego yo kuzana impinduka no guteza imbere impano z’Abanyarwanda muri rusange binyuze muri muzika.Uyu musore avuga ko amazina ye y’ubuhanzi afite inkomoko mu izina rye rya buri munsi Frank Baraka, aho yahisemo kurihindura mu mpine rikaba FB,…

Soma inkuru yose

CCM mu rugendo rwo kongera kwiyegereza abaturage ba Ruvuma

Ku wa 22 Nzeri 2025, Ishyaka riri kubutegetsi rya Chama Cha Mapinduzi (CCM) ryakoze mitingi ikomeye y’ubukangurambaga mu rwego rw’amatora iyo mitingi yabereye muri Manispala ya Songea, mu Ntara ya Ruvuma. Iyo mitingi yitabiriwe n’imbaga y’abaturage ibihumbi hamwe n’abayobozi batandukanye ba CCM ndetse numuhanzi Diamond Platnum uzwi cyane nkicyamamare mumugabane wa Africa ndetse no ku…

Soma inkuru yose

Vision Jeunesse Nouvelle na CNUR mu rugendo rwo guhindura imyumvire y’abagororwa ba Jenoside

Kuri uyu wa Mbere, ku bufatanye bwa Vision Jeunesse Nouvelle na Unity and Reconciliation Commission (CNUR), abagororwa bahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bari mu igororero rya Nyamasheke bahawe ikiganiro kigamije kwimakaza ubumwe n’ubudaheranwa. Muri iki kiganiro, abagororwa basabwe guharanira kongera kuba ab’umumaro mu kubaka igihugu igihe bazaba barangije ibihano byabo, bakagira uruhare…

Soma inkuru yose

Banki Nkuru y’u Rwanda yasohoye amabwiriza mashya ku bemerewe kwakira ubwishyu mu mafaranga y’amahanga

Ku wa 17 Nzeri 2025, Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yasohoye amabwiriza mashya asobanura neza inzego n’abantu bemerewe kwakira ubwishyu mu mafaranga y’amahanga harimo n’amadolari ya Amerika (USD). Ni ingamba igamije kunoza imicungire y’ifaranga ry’igihugu no gushyira umurongo mu mikorere y’isoko ry’imbere mu gihugu. Nk’uko BNR yabisobanuye, kwakira ubwishyu mu mafaranga y’amahanga byemewe gusa ku…

Soma inkuru yose

uRwanda rukomeje kuba ubukombe mukwakira ibirori bikomeye by’Isi

Mu myaka iheruka, u Rwanda rwahindutse umwe mu mitima y’Isi yakira inama n’ibirori bikomeye by’amateka, bikerekana ubushobozi n’ubushake bwo gushyira igihugu mu rwego mpuzamahanga. Mu 2022, u Rwanda rwakiriye Commonwealth Heads of Government Meeting (CHOGM), ihuriro rikomeye ryahuje abakuru b’ibihugu na za guverinoma bo mu muryango wa Commonwealth. Byari ibyumweru byerekanye ubudasa bw’u Rwanda mu…

Soma inkuru yose

Kuva mu biganiro na Aliyev kugeza kuri Formula 1: Perezida Kagame i Baku

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, uri mu ruzinduko rw’akazi muri Azerbaijan, yasuye umuhanda wo mu Mujyi wa Baku wakiniweho isiganwa rya Formula 1, rizwi nka Azerbaijan Grand Prix. Uyu muhanda w’icyubahiro, uzwi nka Baku City Circuit, ni umwe mu mihanda ikunze kwakira amasiganwa akomeye ku rwego mpuzamahanga, aho higeze kubera irushanwa rikomeye ryitabiriwe…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida Ilham Aliyev i Baku

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriwe na Perezida Ilham Aliyev w’igihugu cya Azerbaijan mu Ngoro y’Umukuru w’Igihugu ya Zugulba Presidential Palace iherereye i Baku, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Nzeri 2025. Abakuru b’ibihugu byombi bagiranye ibiganiro byihariye (tête-à-tête) bigamije gushimangira ubufatanye hagati ya Kigali na Baku. Muri ibyo biganiro, Perezida Kagame…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yunamiye intwari z’Azerbaijan mu ruzinduko i Baku

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, uri mu ruzinduko rw’akazi i Baku muri Azerbaijan, ku m kuruyu wa Gatandatu tariki ya 20 Nzeri 2025, yasuye Urwibutso rwa Alley of Honor, rumenyerewe nk’ahakomeye mu mateka y’iki gihugu. Muri urwo ruzinduko, Perezida Kagame yunamiye Heydar Aliyev, wabaye Perezida wa gatatu wa Azerbaijan, ndetse n’umugore we Zarifa…

Soma inkuru yose

UCI Road World Championships Kigali 2025: amaso yose yerekejwe ku Rwanda

Imyiteguro y’Isiganwa ry’Amagare ry’Isi (UCI Road World Championships 2025) rizabera i Kigali kuva ku wa 21 kugeza ku wa 28 Nzeri 2025 yamaze kurangira. Abategura iri siganwa batangaje ko ibikoresho byose by’ingenzi n’ibikorwa remezo byari bisabwa byamaze gushyirwa ku murongo, ndetse n’amakipe menshi azahatana yamaze kugera mu Rwanda. Iki ni cyo gikorwa cya mbere cy’Isi…

Soma inkuru yose

BURIKANTU MUGAHINDA KO KUDASUHUZA PEREZIDA PAUL KAGAME

Nyuma y’amatora ya Perezida yabaye mu 2024, Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakoze ibirori byo gushimira abafatanyabikorwa b’ingenzi mu iyamamazabikorwa rya FPR-Inkotanyi Ibi birori byabereye muri Kigali Convention Center, ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 22 Nyakanga 2024 Ibirori byo Gushimira Abafatanyabikorwa Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abantu b’ingeri zitandukanye…

Soma inkuru yose