RIB yafashe uwiyitaga umuprofeti arashinjwa kwambura abaturage abizeza ibitangaza
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda, rwataye muri yombi Bucyanayandi Emmanuel, wiyitaga umuvugabutumwa, ukurikiranyweho gukoresha inyigisho z’ubuhanuzi mu buryo bw’uburiganya agamije kwambura abaturage amafaranga kubatari kumusobanukirwa niwe wagaragaye kumashusho avvuga ko nukora mmummufuka ibyo ukurammo yaba contake,ammafaranga imana iragukubira 5. Uyu mugabo yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga kandi atanga ubuhanuzi avuga ko…
