Kuva kubusa kugera ku bukungu buhanitse: Mu Rwanda ibikorwa birivugira

Ku buyobozi bwa Perezida Paul Kagame, u Rwanda rwanyuze mu rugendo rw’iterambere ryihuse rishingiye ku bukungu, imibereho myiza, uburezi, amahoro n’umutekano. Mu rwego rw’ubukungu, igihugu cyagaragaje umuvuduko ukomeye mu myaka ishize. Mu 2024, ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku kigero cya 8.9% ugereranyije na 8.2% mu 2023, mu gihe mu gihembwe cya mbere cya 2025 bwari…

Soma inkuru yose

uBurundi mu itsinda riharanira amahoro n’ubutabera mpuzamahanga

Mu nama y’Itsinda ry’Inshuti zishyigikiye Itegeko Nshinga ry’Umuryango w’Abibumbye (Friends in Defense of the UN Charter), Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Venezuela, Yván Gil, yatangaje ko uBurundi bwakiriwe nk’umunyamuryango mushya, ashimira ubwitabire n’icyubahiro bwagaragaje. Uyu muyobozi yavuze ko iri tsinda rimaze imyaka ine rishinzwe ritangiye kugaragaza umusaruro mu bikorwa byo guharanira amahoro ku isi, Minisitiri Gil…

Soma inkuru yose

HEHE NA STRESS HAVUMBUWE UBURYO BUSHYA BWOKUYIRWANYA

Mu Bushinwa, urubyiruko rwadukanye uburyo budasanzwe bwo kwirwanyiriza umujagararo n’ibimenyetso bijyana na wo, nko guhangayika no kubura ibitotsi, rukonka tetine zizwi ubundi ko zagenewe abana, nubwo bavuga ko hari n’izabakuru Ubundi tetine zimenyerewe ku banaUrubyiruko rw’aho mu Bushinwa, ruhura na byinshi birutera umujagararo, nk’ibibazo bijyanye n’akazi, amikoro nko kubona ingwate ku nguzanyo, kwishyura imyenda baba…

Soma inkuru yose

RIB yafashe abantu bakubise umuturage mu biro by’Akagari ka Munanira I

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, rwatangaje ko rwafashe abantu bagaragaye mu mashusho bakubita umuturage mu biro by’Akagari ka Munanira I, mu Murenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge. Abo bafashwe ubu bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Rwezamenyo mu gihe dosiye yabo ikiri gutunganywa kugira ngo ishyikirizwe Ubushinjacyaha. Uyu muturage yagaragaye mumashusho…

Soma inkuru yose

Ngororero: Gitifu ashinjwa gukubita umuturage kugeza avunitse

Mu Murenge wa Gatumba , Akarere ka Ngororero, haravugwa ikibazo gikomeye aho umuturage ashinja Gitifu w’Akagari ka Kamasiga kumukubitira mu biro bikamuviramo kuvunika ukuboko, mu gihe Gitifu we avuga ko ari uwo muturage wamusanze akamuzanaho urugomo. Uwo muturage avuga ko yageze ku biro by’akagari asaba serivisi zisanzwe, ariko aho kuyihabwa, umuyobozi w’akagari yamusagaririye aramukubita, kugeza…

Soma inkuru yose

Impanuka ikomeye i Nyakabanda ngicyo icyayiteye Mwijambo ry’umuvugizi wa police ishami ryo mumuhanda

Ku itariki ya 24 Nzeri 2025, mu Murenge wa Nyakabanda,akagali ka Nyakabanda I, Umudugudu wa akinkware habereye impanuka ikomeye y’imodoka ubwoko bwa payasi yavaga munshe zo kuri baoba imanuka yarengeje umuvuduko, bikaba byateje umutekano mucye ku muturage uturiye umuhanda kuko imodoka ya poromotse ikagenda no munzu ngo pi, iciye mugisenge cyiyonzu. Umuvugizi wa Polisi y’u…

Soma inkuru yose

Uruganda rwa Hakan Peat to Power Plant Rwitezweho guhindura ubukungu bwa Gisagara

Gisagara – Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva, yakomeje uruzinduko rwe mu Ntara y’Amajyepfo asura uruganda rutunganya amashanyarazi akomoka kuri nyiramugengeri, ruzwi nka Hakan Peat to Power Plant, rufite ubushobozi bwo gutanga megawati 80. Uru ruganda, ruherereye mu gace k’Uruzi rw’Akanyaru mu Karere ka Gisagara, rutekerejwe nk’igikorwa cy’ingenzi mu rwego rwo kongera ingufu z’amashanyarazi mu gihugu. Ni…

Soma inkuru yose

Mu myaka 12 Abari hanze y’ubukungu bagabanutseho hafi 35%

Mu gihe cy’imyaka 12 ishize abari bafite uruhare mu bikorwa by’ihangwa ry’ubukungu bari bake cyane, imibare mishya y’ibarura ry’abaturage n’imiturire yerekanye intambwe idasanzwe igihugu cyateye mu guhindura ishusho y’ubukungu. Mu 2012, byagaragazwaga ko abaturage 68% bari hanze y’ubukungu buva mu musaruro (money economy), mu gihe 32% gusa aribo bari binjiye mu bikorwa bifatika byinjiza amafaranga….

Soma inkuru yose

Trump narangiza intambara yo mu Burasirazuba bwa Congo, nzamushyigikira ku gihembo cya Nobel

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yatangaje ko mu gihe uyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaba abashije kurangiza ikibazo cy’umutekano muke kimaze imyaka irenga 30 mu Burasirazuba bwa Congo, azaba uwa mbere mu gushyigikira ko ahabwa igihembo cy’amahoro ku Isi kizwi nka Prix Nobel. Tshisekedi yavuze…

Soma inkuru yose

Intambara ikomeje kwaka mu Burasirazuba: Nimugihe FARDC yo yerekanye abakomando bayo

Mu gihe intambara ikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Abakomando b’Igisirikare cy’igihugu (FARDC) bazwi nka “Tigres” biyerekanye mu mujyi wa Bunia, bakoresha moto mu kugaragaza ubwirinzi n’ubutwari. Ibi bikorwa byabaye nyuma y’uko basoje imyitozo yihariye yiswe “Commando Wewa”, igamije kongera ubushobozi bwabo mu guhangana n’ibibazo by’umutekano bikomeje guca…

Soma inkuru yose