RIB Irasaba Abagana Banki Kwitwararika: Amayeri Mashya y’Abatekamutwe Yagaragaye

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruratangaza ko hari uburyo bushya bw’ubutekamutwe bukorerwa mu mazu ya banki n’ahavunjirizwaga amafaranga, bukomeje kugusha mu mutego bamwe mu baturage. Ni nyuma yo gufata itsinda ry’abantu batatu bamaze iminsi bakora ubu bujura, barimo Nkurunziza John, Dushimiyimana Emmanuel na Gatongore Issa. RIB kandi yasobanuye uko aba batekamutwe bakora ati”Aba bantu bajya muri banki…

Soma inkuru yose

Ishanga (waist chains) Nkikimenyetso cy’ubusugi n’isuku: Menya byinshi utaruzi

Amasaro y’uruhago, azwi mu Kinyarwanda nk’ishanga, ni umurimbo umaze imyaka myinshi ukundwa mu Rwanda no mu bindi bihugu byinshi bya Afurika. Aya masaro akorwa mu mabara atandukanye kandi agashyirwa ku nda cyangwa ku muhogo w’uruhago, akagaragaza ubwiza, uburanga n’igikundiro cy’umukobwa cyangwa umugore. Mu Rwanda rwo hambere, ishanga ryambarwaga mu mihango n’ibirori bikomeye, rikaba n’ikirango cy’ubwubahane…

Soma inkuru yose

Nyiramajyambere Esperance Umwana Wabega Wumvikana Avuga Amafaranga y’Icyuzi y’itabye IMANA

None Tariki 01.10.2025 Nibwo Hatangiye kumvikana Inkuru itarinziza mu Itangazamakuru ry’Ahano mu Rwanda no Kumbuga Nkoranyambaga Ivuga ko Umubyeyi Ugaragara Mumashusho Avuga ko Bangomba kubishyura Amafaranga y’Icyuzi ko bayakobocyeye y’itabye IMANA Amakuru Ducyesha Umuyoboro wa YouTube witwa MAXI TV Munkuru yakozwe n’Umunyakuru Cassien Pizzo Avuga ko Uyu Nyiramajyambere Esperance Umwana Wabega Hashize Imyaka Ijyera Muri…

Soma inkuru yose

Amagambo akomeye ya Ambasaderi Dr.Olivier Nduhungirehe ku bacanshuro

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Dr.Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rutazongera kwihanganira kwemerera guha inzira abacanshuro boherezwa gufasha Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) mu ntambara ikomeje hagati y’ingabo zayo n’umutwe wa M23. Ibi yabivuze mu gihe hakomeje kuvugwa ko ubutegetsi bwa Kinshasa bukomeje gukoresha abacanshuro baturuka mu bindi bihugu, ariko iyo batsinzwe bagasaba…

Soma inkuru yose

Gasabo: Urukiko rw’Ibanze rwanzuye gufunga by’agateganyo Kalisa Adolphe

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rufashe icyemezo cyatumye Kalisa Adolphe, wahoze ari Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, afungwa by’agateganyo iminsi 30 mu gihe iperereza ku byaha ashinjwa rikomeje. Ni urubanza rwari rutegewe amaso na benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru ndetse n’abakurikiranira hafi imiyoborere y’amashyirahamwe y’imikino mu Rwanda. Kalisa, uzwi cyane mu ruhando rw’imikino nka“Camarade”, yigeze kugira ijambo…

Soma inkuru yose

U Rwanda rwabaye ikirangirire: Ifoto imwe ya Perezida Kagame iravuga byose

Mu gihe Isi yose yari ihanze amaso ku mikino ya UCI Road World Championships 2025 yabereye i Kigali kuva ku wa 21 kugeza ku wa 28 Nzeri, hari ikibazo cyakunze kugarukwaho: Ni gute igihugu gito cyo muri Afurika cyabashije kwakira irushanwa rikomeye ku rwego rw’Isi? Abantu benshi bashobora guhanahana ibisobanuro byinshi, ariko hari igisubizo kimwe…

Soma inkuru yose

Tadej Pogačar yanditse amateka i Kigali, atwara igikombe cy’Isi mu magare

Kigali, Nzeri 28, 2025 — Mu gihe cy’iminsi irindwi u Rwanda rwari ruri mu isura nshya, rutambukirijwe n’ibendera ry’amagare, ubwo rwakiraga bwa mbere mu mateka y’Afurika Shampiyona y’Isi mu gusiganwa ku magare (UCI Road World Championships). Kuva ku itariki ya 21 kugeza ku ya 28 Nzeri, imihanda y’i Kigali n’uturere tuyegereye yahindutse ibirindiro by’amateka, ikurura…

Soma inkuru yose

Perezida Ndayishimiye Evaliste (Neva) yihanangirije Abarundi: Nta kiruhuko mu Mugomba gukora 24/24

Mu butumwa bukomeye yagejeje ku baturage, Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yongeye kugaragaza ko igihugu cye kidashobora gutera imbere mu gihe abaturage bagenda bigendesera, aho kubaho nk’abakozi biyemeje. Perezida Ndayishimiye yavuze ko Abarundi bakwiye gukura ibirenge hasi bakareka imyumvire y’utuntu duke, ahubwo bagahagurukira gukora ku manywa na nijoro, nta kuruhuka, kugira ngo igihugu kirusheho gutera…

Soma inkuru yose

Musundi Wanyonyi Bernadette : Umugore w’Impinduramatwara mu Miyoborere ya Kenya

Mu mateka y’imiyoborere ya Kenya, hari amazina yagiye asiga umurage ndetse namateka bidasanzwe. Muri ayo harimo Bernadette Wanyonyi Musundi, umugore w’inararibonye wamamaye mu guteza imbere imiyoborere myiza no guharanira amahirwe angana hagati y’abagore n’abagabo uyu munsi twashatse kubasangiza ibigwi bye ndetse namateka yibyamuranze mumibereho ye . Bernadette si umuyobozi wamenyekanye gusa kubera inshingano yakoranye ubushake…

Soma inkuru yose

Nyamasheke: Abanyerondo bafashwe barimo kwiba aho bari bashinzwe gucunga umutekano

Mu gace ka Banda, umurenge wa Rangiro, akarere ka Nyamasheke, habaye ikibazo cyatangaje benshi nyuma y’uko abanyerondo babiri bo mu irondo ry’umwuga bafashwe n’abo bakoranaga barimo kwiba ni mugihe kandi aho bibye ari centre bakoreragamo bashinzwe umutekano wamaduka arimo kandi no kubungabunga umudendezo wiyo centre . Abafashwe ni Ndayishimiye Elie na Dusingizimana Emmanuel, bombi basanzwe…

Soma inkuru yose