Kicukiro: Polisi yafashe itsinda ry’abajura ryari rimaze iminsi rihangayikishije abaturage ba Masaka
Mu gitondo cyo ku wa 8 Ukwakira 2025, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kicukiro ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano yakoze operasiyo yihariye mu Murenge wa Masaka, Akagari ka Rusheshe, Umudugudu wa Kanyetabi, ihafatira abagabo bane bari bamaze igihe bashakishwa kubera ibikorwa by’ubujura bikomeje guhangayikisha abaturage. Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano avuga ko aba bagabo…

