Intangiriro Mbi za 2026 Muri Rayon Sports n’Abafana Bayo Bugarijwe n’Agahinda

Hari ku wa Gatandatu tariki ya 10 Mutarama 2026, ku munsi usanzwe nk’indi minsi yose, aho benshi mu basenga bari bavuye mu Isabato, saa 18:30 nibwo umusifuzi yahushye mu ifirimbi atangiza umukino wa Super Cup 2025/2026 wahuje amakipe abiri akomeye mu Rwanda, APR FC na Rayon Sports Uyu mukino wabereye kuri Sitade Amahoro, wari witabiriwe…

Soma inkuru yose

SHEMA Fabrice amuritse logo nshya ya rwanda women’s super league

none taliki 9 mutarama Umuyobozi wa ferwafa amuritse kumugaragaro rwanda women’s super league aho avuze kuri super cup izajya ihuza abagore ndetse no guteza imbere umupira wabagore, ikindi nuko avuze kuri supe cup izaba ejo kuwa 10 mutarama aho avuze ko tuzakira icyamamare kw’isi kurukuta rwa you tube mugihe hazaba hari gukurikirana hagati mumukino Ikindi…

Soma inkuru yose

Indirimbo za Bruce Melodie Zimeze nk’Amashusho y’Urukozasoni,Kubazumva ,Abazireba Bibasigara mu Ntekerezo

Umuhanzi umaze kubaka izina rikomeye mu mitima y’Abanyarwanda ndetse no hanze y’u Rwanda, uzwiho impano yo kuririmba, kwandika no gutunganya ibihangano, Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie, akomeje kwigaragaza nk’umuhanzi udasanzwe mu muziki nyarwanda. Uretse impano yo kuririmba, benshi banemeza ko afite n’ubuhanga bwo kuganira neza no gutera urwenya, bikamwongerera igikundiro mu bafana Ibi byose…

Soma inkuru yose

Rayon sport yakoze imyitozo yimbatura mugabo yitegura super cup2025

Ikipe ya Rayon sport yakoze imyiteguro ikomeye yitegura gukina Super Cup 2025 kandi irangwa n’imbaraga nyinshi, aho abakinnyi bari kugaragaza ubushake bukomeye n’ishyaka ridasanzwe ryo kwitwara neza. Iyi myitozo iri kubera ku muvuduko wo hejuru (full-gas preparation), igaragaza ko iyi kipe ishaka kugera ku mukino ikiri ku rwego rwo hejuru mu mitegurire. Mu myitozo iheruka,…

Soma inkuru yose

🏆 Imikino yahuje APR FC na Rayon sport muri super cup

Super Cup ni igikombe gikomeye kuruta ibindi mu Rwanda, ihuza ikipe yegukanye shampiyona n’iyatwaye Igikombe cy’Amahoro, cyangwa se ikipe yihariye ibikombe byose muri season ishize. Igakina Niyayiguye muntege Uyu mukino uba ari ikimenyetso cy’uko umwaka mushya w’umupira w’amaguru utangiye, ukaba n’igihe cyo gupima imbaraga z’amakipe akomeye kurusha ayandi. Mu Rwanda, nta yindi Super Cup ikurura…

Soma inkuru yose

Chelsea FC iri kubyinira kurukoma nyuma yaho Liam Rosenior yagizwe umutoza mushya

Ikipe ya Chelsea FC yamaze gutangaza ku mugaragaro ko Liam Rosenior umugabo wimyaka 41 ari we mutoza mushya mukuru w’iyi kipe, mu rwego rwo gukomeza kubaka umushinga mushya ugamije gusubiza iyi kipe ku rwego rwo hejuru mu marushanwa yo mu Bwongereza n’i Burayi. Uyu mutoza mushya azungirizwa n’itsinda ry’abatoza rimufasha rigizwe na Justin Walker, Kalifa…

Soma inkuru yose

Kiyovu SC ihaye isomo rya ruhago Gicumbi FC iyitsinze ibitego inayipfunyikira n’impamba.

Ikipe ya Kiyovu Sports Club yagaragaje urwego rwayo rwo hejuru mu mukino wayihuje na Gicumbi FC iyiha isomo iyinyagira iyirusha , iyitsinda ibitego 4-1 mu mukino waranzwe no kugenzura umukino, umuvuduko n’ubusatirizi bukomeye kuri kiyovu sc. Ku munota wa 15, Mutunzi Darcy yafunguye amazamu ya Kiyovu SC, atangiza urugendo rwo gutsinda kw’iyi kipe, mbere y’uko…

Soma inkuru yose

Arsenal mumpuruza namarenga ko ntawuzayihagarika kugikombe ,Mbese ninde uzayihagarika?

Ikipe ya Arsenal irimo kunyura mu mwaka udasanzwe, yerekanye urwego rwo hejuru mu mikino itandukanye yo mu Bwongereza n’i Burayi. Mu mikino imaze gukina, yatsinze 24, inganya 3, itsindwa 2 gusa, ibintu bigaragaza ikipe ifite icyerekezo,ndetse benshi badahwema kuvuga ko iri gutanga amarenga ko igikombe ari icyayo. Uyu mwaka watangiye Arsenal itanga ubutumwa bukomeye, itsinda…

Soma inkuru yose

Ibyabereye Kigali i Kanombe Alikiba na Shaffy Music Bakiriwe mu Buryo Budasanzwe na Kevin Kade na Christopher

Mu ijoro ryo ku wa 29 Ukuboza 2025, ni bwo umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Bongo Flava, uvuka muri Tanzania, Ali Saleh Kiba wamamaye ku rwego mpuzamahanga nka Alikiba, yageze mu Rwanda anyuze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali (Kanombe) ahagana saa 8:30 z’ijoro. Uyu muhanzi wubatse izina rikomeye mu muziki wa Afurika yaje mu…

Soma inkuru yose

Byakomeye mu Muziki Nyarwanda! Juno Kizigenza Yiyongereye mu Nkundura Ihanganishije Igisamagwe The Ben na 001 Bruce Melodie

Kugicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Ukuboza 2025, ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hatangiye gucicikana amafoto yaturutse ku rukuta rwa Instagram rw’umuhanzi Kwizera Bosco uzwi nka Juno Kizigenza, umwe mu bahanzi bamaze kubaka izina rikomeye mu muziki nyarwanda Muri ayo mafoto, Juno Kizigenza yagaragaye akandagiye umutwe w’inyamaswa y’intare, ku rundi ruhande agaragaza inkweto…

Soma inkuru yose