Mr Muhanzi

Mugabowindekwe Regis (Mr Muhanzi) ni umunyamakuru akaba n’umwanditsi w’inkuru z’imyidagaduro, Akorera kuri Mavete.com, akurikirana cyane Amakuru Atandukanye ariko akibanda Ku myidagaduro na Cinema Ushaka Kumvugisha Hamagara cg Unyandicyire Kuri 0785110025

Bombori Bombori Zirarangiye Hagati ya The Ben na Bruce Melodie Biyemeje Amahoro 2026

Nyuma y’impaka nyinshi no gupingana kwabaye hagati y’abafana babo ndetse n’abahanzi ubwabo, The Ben na Bruce Melodie bafashe icyemezo cyo kubishyiraho iherezo, nubwo byatwaye igihe kirekire.Izi mpaka zatangiye hashize imyaka igera kuri itandatu, ubwo ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru hatangiraga kwibazwa umuhanzi ukwiye gusimbura Meddy, wari umaze gusezera ku muzika w’isi akerekeza ku muzika…

Soma inkuru yose

NIYO BOSCO YASEZERANYE N’UMUKUNZI WE MUKAMISHA IRENE MU RWEGO RW’AMATEGEKO I KINYINYA

Ku wa Gatatu tariki ya 10 Ukuboza 2025, ahagana mu ma saa (2:30 PM z’amasaha y’i Rwanda), umuhanzi w’inararibonye mu kwandika,kuririmba Gucuranga GITARI no kuramya Imana, Niyokwizerwa Bosco uzwi nka Niyo Bosco, yageze ku biro by’Umurenge wa Kinyinya mu karere ka Gasabo aje gusezerana imbere y’amategeko n’umukunzi we Mukamisha Irene Uyu muhanzi w’imyaka iri hagati…

Soma inkuru yose

Alyn Sano Yeruye Avuga ku busugi bwe, Ubuzima bwe bwite no Kuri Perezida Paul Kagame Nibindi byavugishije abatari bake

Mu kiganiro gikunzwe na Benshi, Alyn Sano yagarutse ku buzima bwe bwite, Ibikorwa bye byamuzika, amateka afitanye n’ibihugu bitandukanye ndetse n’ibibazo byashyize benshi mu rujijo Umuhanzikazi Alyn Sano Shegnero, umwe mu bafite ijwi rikomeye mu muzika nyarwanda, yongeye kugarukwaho cyane nyuma y’ikiganiro yagiranye na Muyango kuri YouTube. Muri iki kiganiro cyarebwe n’abarenga 30,000 mu masaha…

Soma inkuru yose

Imyidagaduro mu Rwanda Amagambo akomeye, amarira n’ibyishimo byaranze ibyamamare mu Ugushyingo 2025

2025 Ukwezi kwa Ugushyingo 2025 kwaranzwe n’inkuru zikomeye mu ruganda rw’imyidagaduro: guhinduka kw’imibereho, ibikomere by’urukundo, ibyishimo byo guhinduka mu buzima bw’iyobokamana, ibibazo by’amategeko n’ibirori by’urukundo byasize benshi batunguwe.Ishimwe Vestine yavuze amagambo akomeye y’ubuzima bwe bw’imbereKu wa Kabiri tariki 18 Ugushyingo 2025, Ishimwe Vestine yanditse amagambo yaremereye benshi umutima, avuga ko ari mu bihe bikomeye bitari…

Soma inkuru yose

ABAHANZI NYARWANDA BARI GUHIRWA NUKWEZI KWA 11 KUBERA IBITARAMO

Ukwezi kwa 11 kwa 2025 kuzaba igihe cy’intsinzi n’ibyishimo ku bahanzi nyarwanda batandukanye, aho ibikorwa byabo by’ubuhanzi n’ubusabane byongeye kwerekana ko umuziki nyarwanda uri ku rugero rwo hejuru kandi ugenda utera imbere umunsi ku wundi.Mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 3 Ugushyingo 2025, umuramyi Richard Nick Ngendahayo yageze i Kigali nyuma y’imyaka 17 ataratera…

Soma inkuru yose

Abahanzi Nyarwanda Bakomeje Kwigaragaza ku Ruhando Mpuzamahanga Ari Nako Basarura Ayicyuzi

Abahanzi b’Abanyarwanda bakomeje kwigaragaza ku rwego mpuzamahanga, bagaragaza impano n’umurava mu gutanga umuziki wabo ku bakunzi bo mu bindi bihugu. Mu minsi mike ishize, abahanzi batandukanye bakoze ibitaramo byamurikaga impano zabo, bagahuza ubuhanzi n’umuco nyarwanda ndetse n’ubutumwa bw’Imana .Vestine na Dorcas Berekeje Muri CanadaItsinda ry’abahanzikazi Ishimwe Vestine na Kamikazi Dorcas ryerekeje muri Canada ku nshuro…

Soma inkuru yose

Nyiramajyambere Esperance Umwana Wabega Wumvikana Avuga Amafaranga y’Icyuzi y’itabye IMANA

None Tariki 01.10.2025 Nibwo Hatangiye kumvikana Inkuru itarinziza mu Itangazamakuru ry’Ahano mu Rwanda no Kumbuga Nkoranyambaga Ivuga ko Umubyeyi Ugaragara Mumashusho Avuga ko Bangomba kubishyura Amafaranga y’Icyuzi ko bayakobocyeye y’itabye IMANA Amakuru Ducyesha Umuyoboro wa YouTube witwa MAXI TV Munkuru yakozwe n’Umunyakuru Cassien Pizzo Avuga ko Uyu Nyiramajyambere Esperance Umwana Wabega Hashize Imyaka Ijyera Muri…

Soma inkuru yose

HEHE NA STRESS HAVUMBUWE UBURYO BUSHYA BWOKUYIRWANYA

Mu Bushinwa, urubyiruko rwadukanye uburyo budasanzwe bwo kwirwanyiriza umujagararo n’ibimenyetso bijyana na wo, nko guhangayika no kubura ibitotsi, rukonka tetine zizwi ubundi ko zagenewe abana, nubwo bavuga ko hari n’izabakuru Ubundi tetine zimenyerewe ku banaUrubyiruko rw’aho mu Bushinwa, ruhura na byinshi birutera umujagararo, nk’ibibazo bijyanye n’akazi, amikoro nko kubona ingwate ku nguzanyo, kwishyura imyenda baba…

Soma inkuru yose

Fb the One: Impano nshya ivuka i Rusizi yiteguye guhindura muzika nyarwanda

Frank Baraka uzwi ku izina ry’ubuhanzi Fb the One, ni umuhanzi mushya uvuka mu Karere ka Rusizi, ufite intego yo kuzana impinduka no guteza imbere impano z’Abanyarwanda muri rusange binyuze muri muzika.Uyu musore avuga ko amazina ye y’ubuhanzi afite inkomoko mu izina rye rya buri munsi Frank Baraka, aho yahisemo kurihindura mu mpine rikaba FB,…

Soma inkuru yose

BURIKANTU MUGAHINDA KO KUDASUHUZA PEREZIDA PAUL KAGAME

Nyuma y’amatora ya Perezida yabaye mu 2024, Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakoze ibirori byo gushimira abafatanyabikorwa b’ingenzi mu iyamamazabikorwa rya FPR-Inkotanyi Ibi birori byabereye muri Kigali Convention Center, ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 22 Nyakanga 2024 Ibirori byo Gushimira Abafatanyabikorwa Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abantu b’ingeri zitandukanye…

Soma inkuru yose