Mr Muhanzi

Mugabowindekwe Regis (Mr Muhanzi) ni umunyamakuru akaba n’umwanditsi w’inkuru z’imyidagaduro, Akorera kuri Mavete.com, akurikirana cyane Amakuru Atandukanye ariko akibanda Ku myidagaduro na Cinema Ushaka Kumvugisha Hamagara cg Unyandicyire Kuri 0785110025

Intangiriro Mbi za 2026 Muri Rayon Sports n’Abafana Bayo Bugarijwe n’Agahinda

Hari ku wa Gatandatu tariki ya 10 Mutarama 2026, ku munsi usanzwe nk’indi minsi yose, aho benshi mu basenga bari bavuye mu Isabato, saa 18:30 nibwo umusifuzi yahushye mu ifirimbi atangiza umukino wa Super Cup 2025/2026 wahuje amakipe abiri akomeye mu Rwanda, APR FC na Rayon Sports Uyu mukino wabereye kuri Sitade Amahoro, wari witabiriwe…

Soma inkuru yose

Indirimbo za Bruce Melodie Zimeze nk’Amashusho y’Urukozasoni,Kubazumva ,Abazireba Bibasigara mu Ntekerezo

Umuhanzi umaze kubaka izina rikomeye mu mitima y’Abanyarwanda ndetse no hanze y’u Rwanda, uzwiho impano yo kuririmba, kwandika no gutunganya ibihangano, Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie, akomeje kwigaragaza nk’umuhanzi udasanzwe mu muziki nyarwanda. Uretse impano yo kuririmba, benshi banemeza ko afite n’ubuhanga bwo kuganira neza no gutera urwenya, bikamwongerera igikundiro mu bafana Ibi byose…

Soma inkuru yose

Ibyabereye Kigali i Kanombe Alikiba na Shaffy Music Bakiriwe mu Buryo Budasanzwe na Kevin Kade na Christopher

Mu ijoro ryo ku wa 29 Ukuboza 2025, ni bwo umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Bongo Flava, uvuka muri Tanzania, Ali Saleh Kiba wamamaye ku rwego mpuzamahanga nka Alikiba, yageze mu Rwanda anyuze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali (Kanombe) ahagana saa 8:30 z’ijoro. Uyu muhanzi wubatse izina rikomeye mu muziki wa Afurika yaje mu…

Soma inkuru yose

Byakomeye mu Muziki Nyarwanda! Juno Kizigenza Yiyongereye mu Nkundura Ihanganishije Igisamagwe The Ben na 001 Bruce Melodie

Kugicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Ukuboza 2025, ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hatangiye gucicikana amafoto yaturutse ku rukuta rwa Instagram rw’umuhanzi Kwizera Bosco uzwi nka Juno Kizigenza, umwe mu bahanzi bamaze kubaka izina rikomeye mu muziki nyarwanda Muri ayo mafoto, Juno Kizigenza yagaragaye akandagiye umutwe w’inyamaswa y’intare, ku rundi ruhande agaragaza inkweto…

Soma inkuru yose

Amateka mashya muri Hip Hop nyarwanda TAFF GANG Yiyunze nabakunze ba HIP HOP Young Grace yunamiye Jay Polly

Tariki ya 26 Ukuboza 2025, ahagana saa 7:00 z’ijoro, abakunzi b’umuziki wa Hip Hop n’abandi batandukanye batangiye kwerekeza kuri Zaria Court, inyubako iherereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Remera, hepfo ya Petit Stade. Kuva ku bato kugera ku bakuru, mu byiciro byose birimo abayobozi n’abayoborwa, bose bari bahuriye ku gikorwa cyari gitegerejwe na benshi:…

Soma inkuru yose

Ibihembo bya Isango na Muzika Awards 2025 Byongeye Gushyushya Ihangana rya The BEN na Bruce Melodie

Ku wa 21 Ukuboza 2025, guhera saa moya z’ijoro (7:00 PM) kugera saa mbiri n’igice (8:30 PM), nibwo ibyamamare bitandukanye mu myidagaduro nyarwanda no hanze yayo byatangiye kugera muri Camp Kigali, ahabereye ibirori bisoza Ibihembo bya Isango na Muzika Awards 2025 Ni ibirori byari byitezwe cyane, kuko byari bihurijemo abahanzi, aba-producer, abanyamakuru, abakunzi b’umuziki n’abandi…

Soma inkuru yose

THE BEN NA BRUCE MELODIE BANDITSE AMATEKA MASHYA MU MYIDAGADURO NYARWANDA BINYUZE MU KIGANIRO CYABEREYE MURI KIGALI CAR FREE ZONE

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Ukuboza 2025, mu mbuga ngari z’Umujyi wa Kigali zizwi nka Kigali Car Free Zone hatangiriye urugendo rushya rwo kwandika amateka akomeye mu myidagaduro nyarwanda, binyuze mu kiganiro n’itangazamakuru cyahuje abahanzi bakomeye The Ben na Bruce Melodie.Guhera ahagana saa sayine za mu gitondo (10:00 AM), abanyamakuru b’ibitangazamakuru bitandukanye, abakora…

Soma inkuru yose

Bombori Bombori Zirarangiye Hagati ya The Ben na Bruce Melodie Biyemeje Amahoro 2026

Nyuma y’impaka nyinshi no gupingana kwabaye hagati y’abafana babo ndetse n’abahanzi ubwabo, The Ben na Bruce Melodie bafashe icyemezo cyo kubishyiraho iherezo, nubwo byatwaye igihe kirekire.Izi mpaka zatangiye hashize imyaka igera kuri itandatu, ubwo ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru hatangiraga kwibazwa umuhanzi ukwiye gusimbura Meddy, wari umaze gusezera ku muzika w’isi akerekeza ku muzika…

Soma inkuru yose

NIYO BOSCO YASEZERANYE N’UMUKUNZI WE MUKAMISHA IRENE MU RWEGO RW’AMATEGEKO I KINYINYA

Ku wa Gatatu tariki ya 10 Ukuboza 2025, ahagana mu ma saa (2:30 PM z’amasaha y’i Rwanda), umuhanzi w’inararibonye mu kwandika,kuririmba Gucuranga GITARI no kuramya Imana, Niyokwizerwa Bosco uzwi nka Niyo Bosco, yageze ku biro by’Umurenge wa Kinyinya mu karere ka Gasabo aje gusezerana imbere y’amategeko n’umukunzi we Mukamisha Irene Uyu muhanzi w’imyaka iri hagati…

Soma inkuru yose

Alyn Sano Yeruye Avuga ku busugi bwe, Ubuzima bwe bwite no Kuri Perezida Paul Kagame Nibindi byavugishije abatari bake

Mu kiganiro gikunzwe na Benshi, Alyn Sano yagarutse ku buzima bwe bwite, Ibikorwa bye byamuzika, amateka afitanye n’ibihugu bitandukanye ndetse n’ibibazo byashyize benshi mu rujijo Umuhanzikazi Alyn Sano Shegnero, umwe mu bafite ijwi rikomeye mu muzika nyarwanda, yongeye kugarukwaho cyane nyuma y’ikiganiro yagiranye na Muyango kuri YouTube. Muri iki kiganiro cyarebwe n’abarenga 30,000 mu masaha…

Soma inkuru yose