Mucyo Felicien

Uruganda rwa Hakan Peat to Power Plant Rwitezweho guhindura ubukungu bwa Gisagara

Gisagara – Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva, yakomeje uruzinduko rwe mu Ntara y’Amajyepfo asura uruganda rutunganya amashanyarazi akomoka kuri nyiramugengeri, ruzwi nka Hakan Peat to Power Plant, rufite ubushobozi bwo gutanga megawati 80. Uru ruganda, ruherereye mu gace k’Uruzi rw’Akanyaru mu Karere ka Gisagara, rutekerejwe nk’igikorwa cy’ingenzi mu rwego rwo kongera ingufu z’amashanyarazi mu gihugu. Ni…

Soma inkuru yose

Mu myaka 12 Abari hanze y’ubukungu bagabanutseho hafi 35%

Mu gihe cy’imyaka 12 ishize abari bafite uruhare mu bikorwa by’ihangwa ry’ubukungu bari bake cyane, imibare mishya y’ibarura ry’abaturage n’imiturire yerekanye intambwe idasanzwe igihugu cyateye mu guhindura ishusho y’ubukungu. Mu 2012, byagaragazwaga ko abaturage 68% bari hanze y’ubukungu buva mu musaruro (money economy), mu gihe 32% gusa aribo bari binjiye mu bikorwa bifatika byinjiza amafaranga….

Soma inkuru yose

Trump narangiza intambara yo mu Burasirazuba bwa Congo, nzamushyigikira ku gihembo cya Nobel

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yatangaje ko mu gihe uyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaba abashije kurangiza ikibazo cy’umutekano muke kimaze imyaka irenga 30 mu Burasirazuba bwa Congo, azaba uwa mbere mu gushyigikira ko ahabwa igihembo cy’amahoro ku Isi kizwi nka Prix Nobel. Tshisekedi yavuze…

Soma inkuru yose

Intambara ikomeje kwaka mu Burasirazuba: Nimugihe FARDC yo yerekanye abakomando bayo

Mu gihe intambara ikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Abakomando b’Igisirikare cy’igihugu (FARDC) bazwi nka “Tigres” biyerekanye mu mujyi wa Bunia, bakoresha moto mu kugaragaza ubwirinzi n’ubutwari. Ibi bikorwa byabaye nyuma y’uko basoje imyitozo yihariye yiswe “Commando Wewa”, igamije kongera ubushobozi bwabo mu guhangana n’ibibazo by’umutekano bikomeje guca…

Soma inkuru yose

CCM mu rugendo rwo kongera kwiyegereza abaturage ba Ruvuma

Ku wa 22 Nzeri 2025, Ishyaka riri kubutegetsi rya Chama Cha Mapinduzi (CCM) ryakoze mitingi ikomeye y’ubukangurambaga mu rwego rw’amatora iyo mitingi yabereye muri Manispala ya Songea, mu Ntara ya Ruvuma. Iyo mitingi yitabiriwe n’imbaga y’abaturage ibihumbi hamwe n’abayobozi batandukanye ba CCM ndetse numuhanzi Diamond Platnum uzwi cyane nkicyamamare mumugabane wa Africa ndetse no ku…

Soma inkuru yose

Vision Jeunesse Nouvelle na CNUR mu rugendo rwo guhindura imyumvire y’abagororwa ba Jenoside

Kuri uyu wa Mbere, ku bufatanye bwa Vision Jeunesse Nouvelle na Unity and Reconciliation Commission (CNUR), abagororwa bahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bari mu igororero rya Nyamasheke bahawe ikiganiro kigamije kwimakaza ubumwe n’ubudaheranwa. Muri iki kiganiro, abagororwa basabwe guharanira kongera kuba ab’umumaro mu kubaka igihugu igihe bazaba barangije ibihano byabo, bakagira uruhare…

Soma inkuru yose

Banki Nkuru y’u Rwanda yasohoye amabwiriza mashya ku bemerewe kwakira ubwishyu mu mafaranga y’amahanga

Ku wa 17 Nzeri 2025, Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yasohoye amabwiriza mashya asobanura neza inzego n’abantu bemerewe kwakira ubwishyu mu mafaranga y’amahanga harimo n’amadolari ya Amerika (USD). Ni ingamba igamije kunoza imicungire y’ifaranga ry’igihugu no gushyira umurongo mu mikorere y’isoko ry’imbere mu gihugu. Nk’uko BNR yabisobanuye, kwakira ubwishyu mu mafaranga y’amahanga byemewe gusa ku…

Soma inkuru yose

uRwanda rukomeje kuba ubukombe mukwakira ibirori bikomeye by’Isi

Mu myaka iheruka, u Rwanda rwahindutse umwe mu mitima y’Isi yakira inama n’ibirori bikomeye by’amateka, bikerekana ubushobozi n’ubushake bwo gushyira igihugu mu rwego mpuzamahanga. Mu 2022, u Rwanda rwakiriye Commonwealth Heads of Government Meeting (CHOGM), ihuriro rikomeye ryahuje abakuru b’ibihugu na za guverinoma bo mu muryango wa Commonwealth. Byari ibyumweru byerekanye ubudasa bw’u Rwanda mu…

Soma inkuru yose

Kuva mu biganiro na Aliyev kugeza kuri Formula 1: Perezida Kagame i Baku

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, uri mu ruzinduko rw’akazi muri Azerbaijan, yasuye umuhanda wo mu Mujyi wa Baku wakiniweho isiganwa rya Formula 1, rizwi nka Azerbaijan Grand Prix. Uyu muhanda w’icyubahiro, uzwi nka Baku City Circuit, ni umwe mu mihanda ikunze kwakira amasiganwa akomeye ku rwego mpuzamahanga, aho higeze kubera irushanwa rikomeye ryitabiriwe…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida Ilham Aliyev i Baku

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriwe na Perezida Ilham Aliyev w’igihugu cya Azerbaijan mu Ngoro y’Umukuru w’Igihugu ya Zugulba Presidential Palace iherereye i Baku, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Nzeri 2025. Abakuru b’ibihugu byombi bagiranye ibiganiro byihariye (tête-à-tête) bigamije gushimangira ubufatanye hagati ya Kigali na Baku. Muri ibyo biganiro, Perezida Kagame…

Soma inkuru yose