Mucyo Felicien

Harakurikiraho iki nyuma yo kwihanangirizwa kuri bimwe mubitangazaakuru bya sport?

Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura , (Rwanda Media Commission – RMC) rwatangaje ko rwihanangirije mu nyandiko ibitangazamakuru bya SKFM ndetse na Isibo TV & Radio, rubisaba gukosora imyitwarire idahuye n’amahame agenga umwuga w’itangazamakuru, by’umwihariko mu biganiro bya siporo. Uku kwihanangirizwa bije bikurikira ibiganiro bitandukanye RMC yari imaze igirana n’abanyamakuru bakorera ibyo bitangazamakuru hamwe n’abayobozi babyo, rigamije kubibutsa…

Soma inkuru yose

Amakipe akomeye yakomeje, andi asezererwa muri FERWAFA Peace Cup

Irushanwa rya FERWAFA Peace Cup 2025-2026 ryarakomeje kumunsi wejo hakinwa imikino yo kwishyura ya preliminary round, hasozwa hamenyekana amakipe azakomeza n’asezerewe. Ni imikino yaranzwe n’ishyaka, guhangana gukomeye ndetse n’amarangamutima ku makipe yashakaga itike y’icyiciro gikurikira. Ku wa 10 Gashyantare 2026,Unity FC yatsinze Rutsiro FC igitego 1-0, maze mu penaliti Unity irusha Rutsiro 3-1 ihita ikomeza.Musanze…

Soma inkuru yose

RTN NA LUXEMBOURG AID BATANGIJE ICYICIRO CYA 13 CY’AMAHUGURWA YO KONGERERA UBUSHOBOROZI ABA-AGENT BA ITEME

Kigali, 26 Mutarama 2026 — Ikigo gitanga serisi zishingiye ku ikoranabuhanga, RTN (Rwanda Telecenter Network), ku bufatanye na Luxembourg Aid and Development, cyatanze amahugurwa y’iminsi itatu kuva kuwa 26 mutarama 2026 kugeza 28 Mutarama 2026, agamije kongerera ubumenyi n’ubushobozi aba-agent ba ITEME n’abandi bikorera bato. Aya mahugurwa, yiswe “RTN / ITEME Agent Empowering and On-Boarding…

Soma inkuru yose

Amatwî atumva ntiyigira: Menya byinshi utaruzi mugusomana ibyiza byabyo.

Ubushakashatsi bwinshi mu by’ubuzima bugaragaza ko Gusomana bigira uruhare runini mu mikorere y’ubwonko n’imibereho rusange y’umuntu. Ifoto iri kwifashishwa muri iyi nkuru igaragaza uko kurya bigira ingaruka nziza ku bwonko, bigatuma harekurwa imisemburo y’ingenzi ifasha umuntu kumva ameze neza haba mu mubiri no mu mitekerereze. Mu misemburo igira uruhare rukomeye harimo dopamine, oxytocin na serotonin,…

Soma inkuru yose

FIFA yashyizeho ibihano byo kudasinyisha abakinnyi bashya ku makipe menshi yo muri Afurika

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA, ryatangaje ivugururwa ry’ibihano byo ku isoko ry’igura n’igurisha (transfer ban), aho amakipe menshi yo ku mugabane wa Afurika yabujijwe kwandikisha abakinnyi bashya kubera amakimbirane ajyanye n’imyenda itarishyuwe. Nk’uko bigaragara ku makuru yashyizwe hanze, aya makipe ari mu bihano kubera kutuzuza inshingano zo kwishyura amafaranga arebana n’abakinnyi cyangwa abandi bafatanyabikorwa…

Soma inkuru yose

SHEMA Fabrice amuritse logo nshya ya rwanda women’s super league

none taliki 9 mutarama Umuyobozi wa ferwafa amuritse kumugaragaro rwanda women’s super league aho avuze kuri super cup izajya ihuza abagore ndetse no guteza imbere umupira wabagore, ikindi nuko avuze kuri supe cup izaba ejo kuwa 10 mutarama aho avuze ko tuzakira icyamamare kw’isi kurukuta rwa you tube mugihe hazaba hari gukurikirana hagati mumukino Ikindi…

Soma inkuru yose

Rayon sport yakoze imyitozo yimbatura mugabo yitegura super cup2025

Ikipe ya Rayon sport yakoze imyiteguro ikomeye yitegura gukina Super Cup 2025 kandi irangwa n’imbaraga nyinshi, aho abakinnyi bari kugaragaza ubushake bukomeye n’ishyaka ridasanzwe ryo kwitwara neza. Iyi myitozo iri kubera ku muvuduko wo hejuru (full-gas preparation), igaragaza ko iyi kipe ishaka kugera ku mukino ikiri ku rwego rwo hejuru mu mitegurire. Mu myitozo iheruka,…

Soma inkuru yose

Chelsea FC iri kubyinira kurukoma nyuma yaho Liam Rosenior yagizwe umutoza mushya

Ikipe ya Chelsea FC yamaze gutangaza ku mugaragaro ko Liam Rosenior umugabo wimyaka 41 ari we mutoza mushya mukuru w’iyi kipe, mu rwego rwo gukomeza kubaka umushinga mushya ugamije gusubiza iyi kipe ku rwego rwo hejuru mu marushanwa yo mu Bwongereza n’i Burayi. Uyu mutoza mushya azungirizwa n’itsinda ry’abatoza rimufasha rigizwe na Justin Walker, Kalifa…

Soma inkuru yose

Kiyovu SC ihaye isomo rya ruhago Gicumbi FC iyitsinze ibitego inayipfunyikira n’impamba.

Ikipe ya Kiyovu Sports Club yagaragaje urwego rwayo rwo hejuru mu mukino wayihuje na Gicumbi FC iyiha isomo iyinyagira iyirusha , iyitsinda ibitego 4-1 mu mukino waranzwe no kugenzura umukino, umuvuduko n’ubusatirizi bukomeye kuri kiyovu sc. Ku munota wa 15, Mutunzi Darcy yafunguye amazamu ya Kiyovu SC, atangiza urugendo rwo gutsinda kw’iyi kipe, mbere y’uko…

Soma inkuru yose