Abagore barize mu gitaramo cya Israel Mbonyi

ubwo umuhanzi Israel Mbonyi ubwo yageraga imbere ku rubyiniro abantu benshi biganjemo igtsina gore bavugije impundu ndetse bamwe basuka amarira yibyishimo bagargaza urukundo bakunda uyu muhanzi.

Icyambu 4 kiba buri mwaka cya israel Mbonyi gikunze kwitabitwa nabantu benshi kuburyo bamwe basubirayo batarebye icyabazanye kuko ama tickets aba yashize, ndetse no kuruyu wa 25,12,2025 niko byagenze ama tckets yashize kwisoko igitaramo kigitangira.

Bamwe mu byamamare mu myidagaduro bari bitabiriye iki giaramo harimo Alex Muyoboke Mutesi Scovia na Minister Nduhungirehe ari mu bitabiriye iki gitaramo, sibyo gusa kandi Ababyeyi ba Israel Mbonyi bari baje gushyigikira umwana wabo nkuko bagiye babikora mu myaka yatambutse.

Ibizungerezi biba mu mujyi wa Kigali nabyo byari biri muri iki gitaramo cyitwa icyamo

Screenshot

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *