Kamonyi;Yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana we

Umugabo wimyaka 42 yatawe muri yombi arakekwaho gusambanya umwana we yibyariye’uwo mwana afite imyaka 9 y’amavuko.

Kuruyu wa 26 Nyakanga 2025 mu karere ka Kamonyi umurenge wa Nyamiyaga akagali ka Kidahwe umudugudu wa Rugwiro umugabo wimyaka 42 akurikiranweho gusambanya umwana we yimyariye wimyaka 9,amakuru mavete.com ifite nuko uwabonye uyu mugabo amusambanya yapfukaga umunwa ngo uyu mwana adasakuza ndetse ubona ko ibintu akora yabigambiriye.

Musaza wuyu mwana wasambanyijwe niwe wifatiye se asambanya mushiki we nuko aratabaza abantu barahurura.Police ikorera mu karere ka Kamonyi ikimenya aya makuru uyu mugabo yahise atabwa murUyu mugabo afungiwe kuri sitasiyo ya Police ya Mugina mugihe RIB yatangiye iperereza ngo uyu mugabo ahanwe.

Umuvugizi wa Police mu ntara y’Amajyepfo Hassan Kamanzi yemeje aya makuru ko ari ukuri ndetse ashimira abatanze amakuru,asaba abaturage gufasha police mu gutanga amakuru kugira ngo abakoze ibyaha bakurikiranwe.

Iki cyaha kiramutse kimuhamye yahanishwa Igihano cy’imyaka 20 ariko itangeje 25 nkuko ingingo ya 14 No 059/05 riteganya ibyaha n’ibihano ko igihe uwakorewe icyaha ari munsi yimyaka 14 igifungo cya Burundu kidashobora kuzamo inyorishyacyaha

Polisi iributsa abakora ibyaha ko iri maso kandi ibihano bibategereje ndetse itazahwema kubakurikirana no kubarebera ngo ibihanganire

One thought on “Kamonyi;Yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana we

  1. Nisawa cyane police yurwanda iri mukazi gose hama uyumugabo nahabwe too encore umwana yivyariye birababaje cyane😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *