Abantu benshi bacitse ururondogoro bavuga ku mashusho Marina yasangije abamukurikira agaragaza imiterere ye,namashusho marina yafatiye mu cyumba cye agaragaza ikariso ndetse anakurura umushumi wikariso kugira ngo yerekane uko ateye.
Muri ayo mashusho haraho akurura isutiye ashaka kugaragaza mugituza cye,namashusho atavugwaho rumwe kubakoresha imbuga nkoranyambaga, bamwe bashima ko ateye neza abandi bamugaya ko yataye umuco ndetse hari nabamwise indaya, aya mashusho yasamiwe hejuru nabakoresha urubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter bakomeza bayasangiza nabandi.
Mumezi ashize ubwo yari arwariye muri Nigeria benshi bakomeje kuvuga ko mubyo yari arwaye hari harimo na serivisi zo kwibagisha kugira ngo yongere ikibuno cye murwego rwo gusigasira no kongera ubwiza,gusa Marina we akabihakana avuga ko kuba afite ikibuno ari uko yariye neza agahakana ko atigeze yibagisha.

Ashaka kugira imiterere nkiya nick minaj